• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuhanzi King Saha n’umunyapolitiki Mubarak Munyagwa bakomeje guterana amagambo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mu gihe amakimbirane akomeje hagati y’umuhanzi King Saha n’umunyapolitiki Mubaraka Munyagwa agenda arushaho gufata indi ntera, aho bombi bakomeje guterana amagambo akomeye mu bitangazamakuru, kandi nta kimenyotso gihari kigaragaza ko byaba bigeye kuragira.

Aya makimbirane yaturutse ku magambo Munyagwa yavuze anenga ishyaka National Unity Platform (NUP) n’umuyobozi waryo ariwe Bobi Wine, uruhande rwa politiki King Saha ashyigikiye. King Saha yumvise ayo magambo adakwiye, bituma ayamagana, hanyuma bikurikirwa no guterana amagambo hagati yabo.

Mu masaha ashize, Munyagwa yasuzuguye King Saha “aho yavuze ko Saha ari injiji y’inkandagira ibitabo. Yongeyeho ko Saha atigeze aragiza amashuri ye ndetse ko yagarukiye mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza (P2)”, avuga ko tamugereranyaho ngo baterane amagambo n’“umuhanzi utarize”.

Nyamara, nyuam y’amasaha make mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, King Saha yahise amusubizanya umujinya ukomeye.

Yagize ati: “Nzamara umwaka wose nigisha Munyagwa ibyo atazi. Iki kibazo kugikecyemura cyagwa kugisubuza gisaba ubuhanga n’ubumenye bukomeye, ariko we abifata nk’ikintu bisekeje. Ni gute wishimira gutsindwa?”

Kinga Saha yanashinjije Munyagwa ko Atari mu batavuga rumwe n’ubutegetsi by’ukuri, avuga ko ibikorwa bye bigaragaza ko ashyigikiye Leta.

Saha yagize ati: “Munyagwa ari ku ruhande rwa Leta, si uwo mubatavuga rumwe n’ubutegetsi. Ubu abatavuga rumwe n’ubutegetsi bose baravuga ko habayeho kugaura amajwi, ariko we ntacyo abivugaho. Nimumureke ni amahitamo ye, kandi mumureke yirire umuceri w’iparawu (Pilau) cyane ko ibi ntabishobora.”

Saha yakomeje avuaga ko ururgamba rwa politiki rusaba ubumenyi, yongeyeho ko imbaraga zo kwihangana n’ubushobozi bwo kwifata mu bihe bikomeye , ari bintu yemeza ko Munyagwa adashoboye.

Yunzumo ati: “Uru rugamba ku rurwana rusaba ubumenyi. Rusbs kwihangan no kwakira ibikugoye utibagiwe n’ibihe bikomeye, ariko we abifata nk’ibintu bisekeje kandi ntabyiteho uko bikwiye.”

King Saha yabibajije ku amajwi Munyagwa yabonye mu matora aheruka, ananega umubare w’amajwi bivugwa ko yagize.

Yasoje agira agira ati: “Ku myaka yawe, ni gute wabona amajwi ibihumbi 31 gusa mu gihugu cyose cya Uganda, hanyuam ugasoza uvuga cyane? Ni gute wishimira gutsindwa ku kigero cya 0.20%? njye sinabimushimira.”

Previous Post

Urubanza rwa Bahame rwatangiye mu muhezo

Next Post

Amatara ya Kigali Pelé Stadium akomeje kuba kuba ikibazo muri Shampiyona

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
6 minutes ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Next Post
Amatara ya Kigali Pelé Stadium akomeje kuba kuba ikibazo muri Shampiyona

Amatara ya Kigali Pelé Stadium akomeje kuba kuba ikibazo muri Shampiyona

Shakahola: Isomo rikomeye ku bayobozi b’amadini muri Afurika

Shakahola: Isomo rikomeye ku bayobozi b’amadini muri Afurika

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.