• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuhanzi King Saha n’umunyapolitiki Mubarak Munyagwa bakomeje guterana amagambo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mu gihe amakimbirane akomeje hagati y’umuhanzi King Saha n’umunyapolitiki Mubaraka Munyagwa agenda arushaho gufata indi ntera, aho bombi bakomeje guterana amagambo akomeye mu bitangazamakuru, kandi nta kimenyotso gihari kigaragaza ko byaba bigeye kuragira.

Aya makimbirane yaturutse ku magambo Munyagwa yavuze anenga ishyaka National Unity Platform (NUP) n’umuyobozi waryo ariwe Bobi Wine, uruhande rwa politiki King Saha ashyigikiye. King Saha yumvise ayo magambo adakwiye, bituma ayamagana, hanyuma bikurikirwa no guterana amagambo hagati yabo.

Mu masaha ashize, Munyagwa yasuzuguye King Saha “aho yavuze ko Saha ari injiji y’inkandagira ibitabo. Yongeyeho ko Saha atigeze aragiza amashuri ye ndetse ko yagarukiye mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza (P2)”, avuga ko tamugereranyaho ngo baterane amagambo n’“umuhanzi utarize”.

Nyamara, nyuam y’amasaha make mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, King Saha yahise amusubizanya umujinya ukomeye.

Yagize ati: “Nzamara umwaka wose nigisha Munyagwa ibyo atazi. Iki kibazo kugikecyemura cyagwa kugisubuza gisaba ubuhanga n’ubumenye bukomeye, ariko we abifata nk’ikintu bisekeje. Ni gute wishimira gutsindwa?”

Kinga Saha yanashinjije Munyagwa ko Atari mu batavuga rumwe n’ubutegetsi by’ukuri, avuga ko ibikorwa bye bigaragaza ko ashyigikiye Leta.

Saha yagize ati: “Munyagwa ari ku ruhande rwa Leta, si uwo mubatavuga rumwe n’ubutegetsi. Ubu abatavuga rumwe n’ubutegetsi bose baravuga ko habayeho kugaura amajwi, ariko we ntacyo abivugaho. Nimumureke ni amahitamo ye, kandi mumureke yirire umuceri w’iparawu (Pilau) cyane ko ibi ntabishobora.”

Saha yakomeje avuaga ko ururgamba rwa politiki rusaba ubumenyi, yongeyeho ko imbaraga zo kwihangana n’ubushobozi bwo kwifata mu bihe bikomeye , ari bintu yemeza ko Munyagwa adashoboye.

Yunzumo ati: “Uru rugamba ku rurwana rusaba ubumenyi. Rusbs kwihangan no kwakira ibikugoye utibagiwe n’ibihe bikomeye, ariko we abifata nk’ibintu bisekeje kandi ntabyiteho uko bikwiye.”

King Saha yabibajije ku amajwi Munyagwa yabonye mu matora aheruka, ananega umubare w’amajwi bivugwa ko yagize.

Yasoje agira agira ati: “Ku myaka yawe, ni gute wabona amajwi ibihumbi 31 gusa mu gihugu cyose cya Uganda, hanyuam ugasoza uvuga cyane? Ni gute wishimira gutsindwa ku kigero cya 0.20%? njye sinabimushimira.”

Previous Post

Urubanza rwa Bahame rwatangiye mu muhezo

Next Post

Amatara ya Kigali Pelé Stadium akomeje kuba kuba ikibazo muri Shampiyona

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Amatara ya Kigali Pelé Stadium akomeje kuba kuba ikibazo muri Shampiyona

Amatara ya Kigali Pelé Stadium akomeje kuba kuba ikibazo muri Shampiyona

Shakahola: Isomo rikomeye ku bayobozi b’amadini muri Afurika

Shakahola: Isomo rikomeye ku bayobozi b’amadini muri Afurika

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.