Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 14 Gashyantare 2026, ahagana saa sita n’iminota itanu, umuhanzi Yvan Muziki yanditse amateka mu buzima bwe no mu muziki, asaba umukunzi we Marina kumubera umugore, imbere y’imbaga yari yitabiriye igitaramo...
Umuhanzi Bruce Melodie na Bwiza bahagurutse ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gashyantare 2026, berekeza mu Mujyi wa Kampala muri Uganda aho bagiye mu bikorwa binyuranye bijyanye n’umuziki wabo. Amakuru InyaRwanda...
Mu myaka irenga 12 amaze mu muziki, umuhanzi Yvanny Mpano aracyakora cyane mu bukwe no mu bikorwa byo kumenyekanisha umuziki we, ariko akibaza impamvu ibihangano bye bidacurangwa cyane mu itangazamakuru. Uyu musore watangiye urugendo rwe mu muziki yibanda...
Umunyamuziki w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Doja Cat, agiye kongera guha Abanyakigali ibirori bidasanzwe mu gitaramo cya Move Afrika giteganyijwe kubera i Kigali ku itariki ya 17 Werurwe 2026. Iki gitaramo gitegurwa ku bufatanye bwa Global Citizen, binyuze muri...
Umuhanzikazi Gloria Bugie yatangaje impano yifuza ko bazamuha ku munsi w’abakundanye (saint valentin) ibura amasaha make ari imbere. Gloria Busingye, wamamye ku mazina nka Gloria Bugie, yavuze ko akiri muto kandi ko atarateganya gushaka, ndetse ko muri iki...
Mu gihe amakimbirane akomeje hagati y’umuhanzi King Saha n’umunyapolitiki Mubaraka Munyagwa agenda arushaho gufata indi ntera, aho bombi bakomeje guterana amagambo akomeye mu bitangazamakuru, kandi nta kimenyotso gihari kigaragaza ko byaba bigeye kuragira. Aya makimbirane yaturutse ku magambo...
Britney Spears, umwe mu bahanzikazi b’ibihe byose mu njyana ya Pop, yongeye gutungurana afata icyemezo gikomeye ku rugendo rwe rwa muzika, aho yagurishije uburenganzira ku bihangano bye byose mu masezerano bivugwa ko arenga miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika...
Uwahoze ari umudepite wa Kawempe South, Mubaraka Munyagwa, yasubije ku magambo aherutse kuvugwa na King Saha, ibintu byakomeje kongera ubushyamirane yabo bumaze iminsi bututumba. Uku guterana amagambo hagati y’aba bombi kwatangiye nyuma y’uko hasakaye amashusho yerekana King Saha...
Umucuruzi akaba anakora ibijyanye n’imyidagaduro Zari Hassan, yatangaje ko ku munsi w’abakundanye (Saint Valentin) atazashyigikira abagore bumva ko bagomba kwigirira impuhwe. Uyu mugore wamamaye nka Boss Lady, ubu akaba yarashakanye na Shakib Luataaya, yatanze ubutumwa bukomeye bwari bugenewe...
Umuhanzi ykee Benda yanenze ibihembo bya Zzina Awords 2026, avuga ko Joshua Baraka atahawe ishimwe rihahije rikiye ibyo yakoze. Nubwo Joshua Baraka yegukanye igihembo cy’indirimbo nziza mu njyana ya Contemporary Urban Song abikesha indirimbo Wrong Places yakoranye na...