Umuhanzikazi wo muri Uganda Ava Peace yatangaje ko mu birori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko yakusanyije impano n’amafaranga birenga miliyoni 100 z’amashilingi ya Uganda (UGX). Uyu muhanzikazi wizihije isabukuru ye ku wa 13 Mutarama, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye...
Umuraperi nyarwanda RoMeo Rapstar yinjiye ku mugaragaro mu rugendo rwo guhuza umuziki n’imyambarire, aho yamuritse ku nshuro ya mbere uruhurirane(Collection) rw’imyenda yise “AHAZAZA Collection”yakoranye na brand yo mu muhanda izwi nka STRIVE (Take No Shortcut). Mu gihe abahanzi...
Ikipe ya APR FC yamaze kugera muri ¼ cy’irangiza mu irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2026 nyuma yo gusezerera SC Kiyovu, iyitsinze ibitego 2-0 mu mikino yombi ya 1/8 cy’irangiza. Uyu mukino wo kwishyura wabereye kuri Stade ya Kigali Pelé...
Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubaraka Munyagwa yagiriye inama umunyamakuru akaba n’umunyamakuru wa YouTube Isaac Katende, uzwi cyane nka Kasuku, kwitwararika ku bijyanye n’inkunga ya miliyari 5 z’amashilingi ya Uganda yemerewe abatunganya ibihangano byo kuri internet. Iyi nkunga yemerewe...
Umuhanzi akanatunganya indirimbo D Star, wamenyekanye cyane mu ndirimbo ye nka Hoozambe, yatangaje ko hari igihe yigeze gutekereza kuva mu ruganda rwa muzika muri Uganda. D Star yavuze ko mu ntangiriro z’uyu mwaka yatekereje cyane kureka muzika no...
Abanyarwenya bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Patrick Salvador na Teacher Mpamire bageze i Kigali aho bitegura gususurutsa abakunzi b’urwenya mu gitaramo Thank You God It’s Funny kizaba ku wa 6 Werurwe 2026. Aba banyarwenya bageze ku Kibuga...
Mark Bugembe wamamaye nka Buchaman yavuze uko abona urugendo rw’umuyobozi w’ishyaka ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, yavuze ko kuzamuka kwe nk’umuyobozi ukomeye w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ko byari byarateguwe kandi ko byubatswe buhoro buhoro. Nk’uko Buchaman yabitangaje,...
Umuhanzi Pallaso yatangaje uko abona ibitaramo mu buryo butandukanye n’uko benshi babitekereza, ashimangira ko kuri we atareba ibijyanye n’amafaranga gusa. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Pallaso yasobanuye ko adategura ibitaramo kubera umwaka mushya cyangwa se kubera ko...
Umuhanzi akaba n’utunganya indirimbo ukomoka mu Rwanda Element Eleeh akomeje kwagura ibikorwa bye mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho ategerejwe gutaramira i Kampala muri Uganda mu gitaramo gikomeye cya Comedy Store. Iki gitaramo giteganyijwe kuba muri Werurwe 2026...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Pia Pounds, amazina ye bwite akaba Tracy Kirabo, yongeye kuvuga ku buzima bwe bw’urukundo, by’umwihariko ku buryo yakiriye gutandukana n’uwahoze ari umukunzi we Daville Mutabazi. Uyu muhanzikazi yavuze ko nubwo gutandukana bishobora kuba ibintu...