• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Natekereje kuva mu ruganda rw’umuziki muri Uganda”- D Star

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 4, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi akanatunganya indirimbo D Star, wamenyekanye cyane mu ndirimbo ye nka Hoozambe, yatangaje ko hari igihe yigeze gutekereza kuva mu ruganda rwa muzika muri Uganda.

D Star yavuze ko mu ntangiriro z’uyu mwaka yatekereje cyane kureka muzika no kwimukira i Nairobi muri Kenya, kubera impamvu z’umwuga n’iz’umuryango.

Yasobanuye ko asanzwe afite imishinga n’ubucuruzi muri Kenya, ndetse n’abavandimwe be baba yo, ibintu byatumye agira icyo igitekerezo cyo kwimuka.

Yagize ati: “Uyu mwaka natekereje kureka muzika no kwimukira i Nairobi, Kenya. Cyane ko mfite yo imishinga n’ubucuruzi. Mfite yo n’abavandimwe banjye baba yo.”

D Star yagaragaje ko yabitewe no kutanyurwa n’uko ibintu byifashe mu muziki wa Uganda, avuga ko uru ruganda rwatakaje agaciro ku isoko, ndetse ko bamwe mu bahanzi barimo kurushaho kurwangiza kubera ko rimwe na rimwe irushanwa rijya rikorwa riba ritarimo ubunyangamugayo n’imikorere mibi.

Yakomeje agira ati: “Nashakaga kuva mu ruganda rwa muzika kuko abantu rwagiritse kandi ntabunyangamugayo bucyibamo abantu bararunanije. Nta soko rukigira, kandi abakora muri urwo ruganda usaga aribo barukoresha mu buryo butri bwo. Ntibifuriza abandi ibyiza, mu by’ukuri uruganda barukoresha nabi.”

Yashoje avuga ko kubura ubumwe no kutifurizanya ineza hagati y’abahanzi ari kimwe mu bibazo bikomeye bidindiza iterambere ry’uru ruganda.

Previous Post

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Next Post

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Abafite pasiporo ya uganda bemerewe kujya mu bihugu 40 nta visa

Abafite pasiporo ya uganda bemerewe kujya mu bihugu 40 nta visa

APR FC yasezereye Kiyovu, igera muri ¼ cy’Amahoro

APR FC yasezereye Kiyovu, igera muri ¼ cy’Amahoro

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.