• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 24, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto” – Buchaman

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 4, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mark Bugembe wamamaye nka Buchaman yavuze uko abona urugendo rw’umuyobozi w’ishyaka ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, yavuze ko kuzamuka kwe nk’umuyobozi ukomeye w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ko byari byarateguwe kandi ko byubatswe buhoro buhoro.

Nk’uko Buchaman yabitangaje, impano n’ubushobozi bwo kuba yaba umuyobozi bya Bobi Wine byagaragaye kera mbere y’uko yinjira muri politiki.

Yanasobanuye ko umusingi w’ubuyobozi bwabo watangiye bakiri mubuzima bugiye.

Yagize ati: “Nzi ko ubu ari iherezo ry’intego ye, cyane ko ari we muyobozi w’ishyaka ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi kandi ufite ijambo rikomeye uyu munsi. Ni iherezo ry’intengo ye kuko yabikunze. Ishaka n’ubuyobozi bwacu bwatangiye turi mubuzima bugoye. Ntabwo twabigezeho bije gutyo gusa, twarabiharaniye kuva kera.”

Buchaman yanavuze ko ari we wa mbere wabatije Bobi Wine izina rya “Ghetto President,” izina avuga ko yarikunze kandi akanarimenyekanisha ku bushake bwe.

“Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto” – Buchaman

Akomeza avuga ko ari we wateguraga ibikorwa byo kwamamaza Bobi Wine nk’umuyobozi, avuga ko ibyo bikorwa birimogushyiraho “Cabinet” ya Firebase ndetse no ku mushyira mu ndirimbo mu rwego rwo ku mwamamaza nk’umuyobozi wa Ghetto.

Yagize ati: “Ninjye wa mbere wamwise ‘Ghetto President,’ kandi arabizi. Ni njye wateguye ibikorwa mwabonye bose birimo— cabinet ya Firebase, ku muririmba no ku mwamamaza nk’umuyobozi wa Ghetto.”

Yanongeyeho ko igitekerezo cya “Ghetto President” cyaturutse muri Jamaica, anagaragaza ko ubuyobozi akenshi butangira mu buryo busanzwe.

Ku bwe, kwinjira kwa Bobi Wine muri politiki byari ukwiyongerera inshingano yari asanzwe afite mu muryango wabo no mu gace bakomokamo.

Yashije agira ati: “Natangije ibi byose kuko igitekerezo ‘Ghetto President’ nyakuri cyakomotse muri Jamaica. Ibi bintu bigira ubuyobozi bwabyo busanzwe. Politiki yinjiye mo yari inyongera gusa.”

Previous Post

“Nkora igitaramo iyo abafana babinsabye” – Pallaso

Next Post

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

“Natekereje kuva mu ruganda rw’umuziki muri Uganda”- D Star

"Natekereje kuva mu ruganda rw'umuziki muri Uganda"- D Star

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.