• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Sunday, June 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto” – Buchaman

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 4, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Mark Bugembe wamamaye nka Buchaman yavuze uko abona urugendo rw’umuyobozi w’ishyaka ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, yavuze ko kuzamuka kwe nk’umuyobozi ukomeye w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ko byari byarateguwe kandi ko byubatswe buhoro buhoro.

Nk’uko Buchaman yabitangaje, impano n’ubushobozi bwo kuba yaba umuyobozi bya Bobi Wine byagaragaye kera mbere y’uko yinjira muri politiki.

Yanasobanuye ko umusingi w’ubuyobozi bwabo watangiye bakiri mubuzima bugiye.

Yagize ati: “Nzi ko ubu ari iherezo ry’intego ye, cyane ko ari we muyobozi w’ishyaka ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi kandi ufite ijambo rikomeye uyu munsi. Ni iherezo ry’intengo ye kuko yabikunze. Ishaka n’ubuyobozi bwacu bwatangiye turi mubuzima bugoye. Ntabwo twabigezeho bije gutyo gusa, twarabiharaniye kuva kera.”

Buchaman yanavuze ko ari we wa mbere wabatije Bobi Wine izina rya “Ghetto President,” izina avuga ko yarikunze kandi akanarimenyekanisha ku bushake bwe.

“Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto” – Buchaman

Akomeza avuga ko ari we wateguraga ibikorwa byo kwamamaza Bobi Wine nk’umuyobozi, avuga ko ibyo bikorwa birimogushyiraho “Cabinet” ya Firebase ndetse no ku mushyira mu ndirimbo mu rwego rwo ku mwamamaza nk’umuyobozi wa Ghetto.

Yagize ati: “Ninjye wa mbere wamwise ‘Ghetto President,’ kandi arabizi. Ni njye wateguye ibikorwa mwabonye bose birimo— cabinet ya Firebase, ku muririmba no ku mwamamaza nk’umuyobozi wa Ghetto.”

Yanongeyeho ko igitekerezo cya “Ghetto President” cyaturutse muri Jamaica, anagaragaza ko ubuyobozi akenshi butangira mu buryo busanzwe.

Ku bwe, kwinjira kwa Bobi Wine muri politiki byari ukwiyongerera inshingano yari asanzwe afite mu muryango wabo no mu gace bakomokamo.

Yashije agira ati: “Natangije ibi byose kuko igitekerezo ‘Ghetto President’ nyakuri cyakomotse muri Jamaica. Ibi bintu bigira ubuyobozi bwabyo busanzwe. Politiki yinjiye mo yari inyongera gusa.”

Previous Post

“Nkora igitaramo iyo abafana babinsabye” – Pallaso

Next Post

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

“Natekereje kuva mu ruganda rw’umuziki muri Uganda”- D Star

"Natekereje kuva mu ruganda rw'umuziki muri Uganda"- D Star

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

Munyagwa yagiriye inama Kasuku ku mafaranga Museveni yemereye abacuruza content

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.