• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umwuka mubi hagati ya Alien Skin na Yung Mulo ukomeje gufata indi ntera

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umwuka mubi hagati ya Yung Mulo na Alien Skin ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko Mulo atangaje ko umuyobozi wa Fangone Forest, Atari umuhanzi, ahubwo ari umuntu ukunda kwigararagaza cyane kuri Tik Tok.

Alien Skin, Umuyobozi wa Fangone Forest, amaze imyaka igera kuri biri cyagwa itatu agerengeza kuzamura izina rye mu muziki, abikesha indirimbo nyinshi zagiye zikundwa n’abafana. Icyakora, Yung Mulo we avuga ko izina rye ryakabirijwe cyane, ashimangira ko abantu bakwiye kureka kumufata nk’umuhanzi ukomeye muri Uganda.

Agaruka kuri iki kibazo, Yung Mulo yavuze ko itangazamakuru n’abafana bagize uruhare mu kuzamura izina rya Alien Skin kureza ababikwiye.

Yagize ati: “Alien Skin ntabwo ari umuhanzi. Ibyo bintu byo kumwita Mafia Boss bishoboka mwabireka. Mujye mu mwita umu TikTok w’I Makindy. Ni mwebwe mudusuzuguza kuri abo bahugu bityo bigatuma bumva ko bari ku ryego rumwe n’urwacu, kugeza ubwo batekereza ko bashobora guhangana natwe.”

Uyu muraperi yavuze kandi ko Alien Skin aha umwanya munini urubuga rwa TikTok, kandi anavuga ko ari rwo yishingikirizaho kugira ngo akomeze kuvugwa mu ruganda rw’imyidagaduro.

Yung Mulo. Yanahamagariye Alien Skin guhangana mu mukino w’iteramakofe (Boxing), yanamuburiye ko asaka ku mucecesha kubera ibyo yavuze, aho bivugwa ko Alien akunze gusuzugura ibikorwa by’abandi.

Yagize ati: “ndi umuntu wa nyuma usuzuguye, nzamwigisha isomo ku buryo atazongera gusuzugura umuntu uwo ari we wese.”

Aya makimbirane ari hagati ya Yung Mulo na Alien Skin aracura iki? Ibi si uguteranya abafana? Ese koko Mulo se ko ko azaha isomo Skin cyagwa niwe uzahabwa isomo? Turaza kubagezaho andi makuru avugwa kuri ibi byamamare, ndetse n’ibindi bari butangaze.

Previous Post

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Next Post

Dj Brianne na Tesha mbere yo kurira indege bagiriye inama Bad Rama

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Dj Brianne na Tesha mbere yo kurira indege bagiriye inama Bad Rama

Dj Brianne na Tesha mbere yo kurira indege bagiriye inama Bad Rama

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.