• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Viboyo Oweyo yatangaje ko yahawe impano y’imodoka n’umuntu azi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 5, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’Umunya-Uganda umaze igihe kinini mu muziki, Viboyo Oweyo, yatangaje ko interuro imwe yaririmbye mu ndirimbo y’icyamamare “Mr. DJ” yahinduye ubuzima bwe, ndetse ikanamufasha kugura imodoka.

Mu kiganiro yagiranye na Next Radio, Viboyo yavuze ko nyuma yo gusohoka kw’indirimbo yahuriyemo abahanzi benshi yitwa “Mr. DJ” mu 2009, avuga ko hari umufana wishimiye cyane igitero yaririmbyemo bityo akamuha miliyon 15 y’amashiringi ya Uganda nk’ishimwe.

Viboyo yavuze ko atari yiteguye kwakira iyo mpano avuga ko yayihawe n’umuntu atigeze ahura na we na mbere.

Viboyo ati: “Naguze imodoka yanjye ya mbere ku mafaranga navanye ku mu gitero naririmbye mu ndirombo yiswe ‘Mr Dj’. Nubwo twavuga ngo byatangiriye mu gotaramo cyagwa ahandi. Ariko ahari umuntu wumvise igitero cyanjye aravuga ati, Viboyo, ukwiriye igihembo,’ampa Miliyoni 15 ngo ngure imodoka. Mu by’ukuri sinari nzi uwo muntu.”

Icyo gihe, iyo ndirimbo yarakunzwe cyane mu gihugu, ihuriza hamwe abahanzi bakomeye bi muri Uganda, ndetse ihita ifata umwanya munini ku maradiyo nyuma yogushyirwa hanze.

Gusa Viboyo yagaragaje ko atishimiye uko muri iki gihe abafana batanga impano nk’izo, avuga ko bakunze kwitwa “blessers,” basa n’abagabanutse mu ruganda rwa muzika.

Yibajije impamvu abahanzi b’iki gihe badakunze kubona inkunga nk’iyo ishobora guhindura ubuzima bwabo, nubwo urwego rw’imyidagaduro rwagiye rutera imbere.

Previous Post

Vinka yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we Nell Witta

Next Post

Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.