• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Viboyo Oweyo yatangaje ko yahawe impano y’imodoka n’umuntu azi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 5, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi w’Umunya-Uganda umaze igihe kinini mu muziki, Viboyo Oweyo, yatangaje ko interuro imwe yaririmbye mu ndirimbo y’icyamamare “Mr. DJ” yahinduye ubuzima bwe, ndetse ikanamufasha kugura imodoka.

Mu kiganiro yagiranye na Next Radio, Viboyo yavuze ko nyuma yo gusohoka kw’indirimbo yahuriyemo abahanzi benshi yitwa “Mr. DJ” mu 2009, avuga ko hari umufana wishimiye cyane igitero yaririmbyemo bityo akamuha miliyon 15 y’amashiringi ya Uganda nk’ishimwe.

Viboyo yavuze ko atari yiteguye kwakira iyo mpano avuga ko yayihawe n’umuntu atigeze ahura na we na mbere.

Viboyo ati: “Naguze imodoka yanjye ya mbere ku mafaranga navanye ku mu gitero naririmbye mu ndirombo yiswe ‘Mr Dj’. Nubwo twavuga ngo byatangiriye mu gotaramo cyagwa ahandi. Ariko ahari umuntu wumvise igitero cyanjye aravuga ati, Viboyo, ukwiriye igihembo,’ampa Miliyoni 15 ngo ngure imodoka. Mu by’ukuri sinari nzi uwo muntu.”

Icyo gihe, iyo ndirimbo yarakunzwe cyane mu gihugu, ihuriza hamwe abahanzi bakomeye bi muri Uganda, ndetse ihita ifata umwanya munini ku maradiyo nyuma yogushyirwa hanze.

Gusa Viboyo yagaragaje ko atishimiye uko muri iki gihe abafana batanga impano nk’izo, avuga ko bakunze kwitwa “blessers,” basa n’abagabanutse mu ruganda rwa muzika.

Yibajije impamvu abahanzi b’iki gihe badakunze kubona inkunga nk’iyo ishobora guhindura ubuzima bwabo, nubwo urwego rw’imyidagaduro rwagiye rutera imbere.

Previous Post

Vinka yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we Nell Witta

Next Post

Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Vybz Kartel yahakanye amakuru yavuga ko afite uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.