• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, June 5, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 14, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi ufite ubunararibonye , Maste Parrot, yagarutse ku mibereho ye n’ibyo yanyuzemo igihe yakoreshaga ibisindisha, avuga ko ubu agiye ku kwibanda kubaka ubuzima bwe n’umuziki we, anasaba abategura ibitaramo kumuha amahirwe yo kongera kuririmba ku rubyiniro.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, uyu muhanzi ukora injyana ya ragga yavuze ko ari mu rugendo rwo kongera kwisanga akora cyane kugira ngo agenzure imico ye yo kunywa ibisindisha.

Nk’igice cy’uru rugendo, yasabye abategura ibitaramo n’abategura imurikagurisha kumutekerezaho no kumuhamagara ngo aririmbire abantu baba bitabiriye ibikorwa byabo.

Ku bijyanye n’igihe kirekire amaze atanywa ibisindisha, Master Parrot yavuze ko hari igihe yabashije kutanywa ibisaindisha imyaka igera ku mwaka n’igice. Ariko yemeza ko avueze ko nyuma yaho yongeye gusubira mu bisindisha.

N’ubwo habayeho icyo kizira, umuhanzi avuga ko ubu yihaye intego yo guhinduka burundu yirinda ibisindisha.

Yagize ati: “Ubu ibisindisha narabiretse burundu ryose. Ndabasaba mwe mwese bategura ibitaramo, kumpa urubyiniro, nshimisha abantu nkoresheje injyana ya ragga. Ndabigize mumpe akazi.”

Master Parrot yasobanuye ko urugendo rwe rufite umwihariko kuko ashobora kumara igihe kirekire, rimwe na rimwe umwaka umwe cyangwa ibiri, atanywa ibisindisha. Ikibazo, nk’uko abivuga, kiza iyo yagarutse ku bisindisha bityo akabikoresha birenza urugero.

Yananenze abantu bafata amashusho ye bakayasagiza abandi, avuga ko ayo mashusho amugaragaza nk’umuntu ukoresha ibisindisha, nyamara we yarabiretse burundu.

Yongeyeho ati: “Abahanzi benshi bafite ikibazo cyo kunywa ibisindisha ariko sinzi impamvu njye banyibasira cyane. Buri wese ashaka kuvuga, ariko maze ibyumweru bitatumbimenyeko mfite ikibazo cyo kunywa  bityo mpitamo ku bikosora.”

Previous Post

A Pass yatangaje yashize studio ye bwite izamufasha gukora cyane

Next Post

Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Pia Pounds yavuze uko yigeze gufungwa arengana

Pia Pounds yavuze uko yigeze gufungwa arengana

Etania Mutoni yatangaje ko yiteguye kwandika amateka muri Afro Nation

Etania Mutoni yatangaje ko yiteguye kwandika amateka muri Afro Nation

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.