• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, June 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

A Pass yatangaje yashize studio ye bwite izamufasha gukora cyane

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 14, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi A Pass yatangaje impamvu yahise kwikorera studio ye bwite aho gukomeza kugenda yifashisha az’abandi mu gutunganya amajwi.

Mu gusobanura urugendo rwe mu muziki, A Pass yavuze ko icyemezo yafashe cyatewe n’ibibazo yahuye na byo mu ntangiriro z’umwuga we, aho yasabwaga kujya mu zindi studio kugira ngo babashe gutunganya amajwi y’indirimbo zabo.

Yagize ati: “nakunda gukora ntekereza uburyo jya kwifashisha izindi studio. Urabizi gukora indirimbo ugomba kujya muri studio. Nasabaga amafaranaga ababyeyi banjye ngo jye gukora umuziki cyane ko nari nkiri muto birumvikana nabaga mu rugo.”

Kubera ko yari asanzwe azi gukoresha mudasobwa, A Pass yatangiye kwiga uburyo amajwi yakorwa ndetse n’uko atunganyizwa muri studio. Amaze kwiga uburyo bwo gukora amajwi, yasanze kwikorera studio ye bwite byamuha ubwisanzure bwo gukora cyane.

Uyu muhanzi yashinze studio ye bwite yita “Game Over Where Tomorrow Was Yesterday“, izina avuga ko risobanura kuba imbere y’igihe cye.

Nk’uko A Pass abivuga, kugira studio ye bwite byamworohereje cyane uburyo bwo guhanga, ndetse bikanamworohereza gukora igihe cyose igitekerezo gishya kimujemo.

Yakomeje avuga ko gukomeza kujya mu zindi studio rimwe na rimwe bishobora kwangiza umwuka w’ubuhanzi muri we, cyane cyane iyo hari ibintu bishobora ku kubangamira cyagwa ibitekerezo bikabura igihe agiye kwandika indirimbo.

Ati: “Tekereza ko studio y’undi uba utayisanzuyemo, bityo rero ugenda uhura n’abantu bakubuza amahoro. Ugera aho ibitekerezo bigahinduka iby’ubuhanzi bigasa naho bishize muri wowe.”

Ariko ubu mfite studio yanje, byose byaroroshye. “Iyo uri muri studio yawe ibitekerezo birisukiranya cyane, bityo ugakora cyane.”

Previous Post

Ubuzima bw’Ababyeyi mu Njyana Gakondo n’Ikoranabuhanga

Next Post

Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Master Parrot yatangaje ko yiyemeje kureka ibisindisha

Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Abahanzi barimo King Saha, Kapeke na Khalifah biteganyijwe guhurira mu gitaramo

Pia Pounds yavuze uko yigeze gufungwa arengana

Pia Pounds yavuze uko yigeze gufungwa arengana

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.