• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, June 5, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umunyamakuru ukora mu gisata cy’ imyidagaduro Prim Asiimwe yatangaje ko ashobora gukundana n’umuhanzi A Pass, ariko akavuga ko hari impmvu imwe itamwerera gukundana na we.

Mu kwezi kwa Kanama 2023, abakoresha imbuga nkoranyambaga benshi bagize urujijo nyuma y’uko hasakaye amafoto yagaragaza ko APass na Prim Asiimwe bakoze umuhango wo gusaba no gukwa.

Abantu benshi batekereje ko aba bombi, bari bamaze igihe bavugwaho ko bari  mu rukundo, ari nabwo bahise bafata icyemezo cyo kubitangaza ku mbuga zitandukanye.

Nyuma byaje kumenyekana ko ayo mafoto yafatiwe mu muhango w’ubukwe bwa Maureen Asiimwe, mushiki wa A Pass.

Prim: “Nakundana na A Pass”

Nubwo bimeze bityo, Prim Asiimwe yavuze ko iyo A Pass ataza kuba ameze  nk’umuvandimwe kuri we, atari gutekereza kabiri kuko yari kwemera gukundana na we.

Ibi yabigarutseho ubwo yabazwaga n’umunyamakuru mugenzi we bakorana kuri NRG Radio, Evelyn Mic, niba yaba akundana n’uwo muhanzi.

Prim yasubije agira ati: “Nabikora (gukundana na we) iyo ataza kuba ameze nk’umuvandimwe kuri njye.”

Yongeyeho aseka ati: “Ni umusore mwiza.”

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass
Previous Post

Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Next Post

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya Doja Cat yamaze gushira

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya Doja Cat yamaze gushira

Dore bimwe mu bimetso biranga indwara ya infections ku bagore

Dore bimwe mu bimetso biranga indwara ya infections ku bagore

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.