Kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Nzeri 2025, Bimwe mu byamamarere birimo umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Yemi Alade wo muri Nigeria, hamwe na Bacary Sagna, wahoze ari muri myugariro w’ikipe ya Arsenal , bageze mu Rwanda...
Umuraperikazi w’Umunyamerika, Cardi B, yatsinze urubanza yarezwemo mu rukiko rwa Los Angeles, aho yashinjwaga n’umwe mu barinzi be ko yamukubise mu mwaka wa 2018, akamusaba indishyi za miliyoni 24 z’amadolari. Urukiko rwemeje ko Belvalis Marlenis Almanzar wamenyekanye ku...
Cinderella ‘Cindy’ Sanyu yakoze igitaramo gikomeye ku kibuga cya Millennium i Lugogo ku wa Gatanu, aha yaherekaniye ubuhanga bwe budasanzwe mu muziki ndetse no gukurura imbaga y’abantu, bikagaragaza ko akiri ku isonga mu bahanzi bo mu karere. Iki...
Iyi nkuru ikubiyemo amakuru avugwa mu isi y’imyidagaduro. Ntabwo twakusanyije amakuru menshi ahubwo twakurikiranye ikibazo cya Bushali n'umuyobozi wa PSF I Nyamasheke aho twasanze uwo muraperi ari kwigiza nkana kuko yishe amasezerano. Umuraperi Bushali yanditse ku rubuga rwa...
Umucuruzikazi akaba n’icyamamare muri Afurika, Zari Hassan, yagaragaje ko afite agahinda n’ubwoba nyuma y’uko umugabo we, Shakib Cham Lutaaya, atsinzwe na Rickman Manrick, umuririmbyi w’Umunya-Uganda, mu mukino w’iteramakofe w’abamamaye nka “The Kampala Rumble,” wabereye kuri MTN Arena Lugogo...
Umukinnyi Killian Mbappé yatangaje ko akunda umuziki wa Davido by'umwihariko akaba muri iyi minsi ari kumva cyane 'With You 'ya Davido na Omah Lay. Davido ni umwe mu bahanzi batatu bakunzwe muri Nigeria akaba yaratumye habaho inyabutatu nyuma...
Umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz, akomeje kwagura izina rye ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gukorana n’umuririmbyikazi w’icyamamare wo muri Amerika uririmba injyana ya R&B, Ciara. Aba bahanzi bombi bahuriye mu ndirimbo nshya bise “Low”, ikomatanya injyana ya R&B ituje...
Umuhanzi w’icyamamare muri Dancehall, Vybz Kartel, yavugishije imbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Kenya nyuma yo kugaragara mu mashusho yasakaye cyane yambaye umwambaro wihariye uriho ikirangantego cya Kenya, gifite ibara ritukura. Muri ayo mashusho, uyu muhanzi w’umunyajamaika aririmbamo igitero mu...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Ikubor, uzwi cyane ku izina rya Rema, yongeye kugaragaza ko ari umwe mu bahanzi bafite umwihariko mu muziki w’Afurika ndetse n’uw’isi muri rusange. Ibi byagaragariye mu ndirimbo ye nshya yise “Kelebu”, imaze kuvugwaho cyane n’abakunzi...
Umuririmbyi wa Country, Carly Pearce, ufite imyaka 35, yatangaje ko kuva akiri umwana yahuraga n’indwara ebyiri zo mu mutwe: ubwoba bukabije (anxiety) kwibasirwa n’ibitekerezo no gukora ibintu inshuro nyinshi (OCD – Obsessive Compulsive Disorder). Mu kiganiro Dumb Blonde...