Pasika ni umwe mu minsi mikuru ikomeye cyane mu myemerere ya gikristo ku isi. Uyu munsi wizihizwa mu rwego rwo kwibuka izuka rya Yezu Kristu, Abakristo bemera ko yazutse nyuma yo kubambwa no gupfa ku musaraba. Inkomoko ya...
Mu gihe abantu bari kwitegura kwizihiza Umunsi Mukuru wa Pasika, abahanzi barimo Bruce Melodie, Yampano, Ben & Chance, Papi Clever & Dorcas bashyize hanze indirimbo nshya nk’impano y’umunsi mukuru. Mu bashyize hanze indirimbo nshya higajemo abakora izo kuramya...
Umuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga Rick Ross avuga ko igihe cy’umuziki wa Afurika ku rwego rw’isi cyageze, ashimangira ko injyana nka Afrobeats iri guhindura isura y’umuziki ku isi hose. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Lamide Akintobi i Miami, Rick...
Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music & Culture’. Ubwo yasezeraga kuri YouTube, Tuma Basa wari umaze imyaka umunani akorera uru rubuga, yagize ati “Nyuma...
Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu ruhame. Winnie Nwangi yabaye umuhanzikazi wa kabiri utatse iri hohoterwa nyuma y’uko mu minsi ishize umufana akubise Tracy...
Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki azafungurirwaho yongeye guhinduka yigizwa imbere. Uyu muraperi w’icyamamare ari mu gihano yakatiwe cyo gufungwa imyaka ine n’amezi abiri....
Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo bombi batakwiye kugereranywa kuko Pallaso ari ku rundi rwego. Munyagwa yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, aho...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu ibanga rikomeye, ibintu byatunguye benshi mu bafana be bari batarigeze babimenya. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Rema yavuze...
Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu bavutkiye icyarimwe (triplets). Muri ki gitondo, tariki 1 Mata 2026 mu butumwa yashyize ku rukuta rw X, yagize...
Itsinda rigizwe n’abahanzi batatu ryitwa B2C Entertainment ryatangaje ko ritita ku makimbirane aterwa n’umuziki cyagwa aturuka ku bahanzi, ibi babitagaje badaciye ku ruhande. Mu kiganiro iri tsinda rya B2C ryagiranye na podacast, aba bahanzi bagaragaje icyizere gikomeye bafite...