Umuhanzi ufite ubunararibonye , Maste Parrot, yagarutse ku mibereho ye n’ibyo yanyuzemo igihe yakoreshaga ibisindisha, avuga ko ubu agiye ku kwibanda kubaka ubuzima bwe n’umuziki we, anasaba abategura ibitaramo kumuha amahirwe yo kongera kuririmba ku rubyiniro. Mu kiganiro...
Umuhanzi A Pass yatangaje impamvu yahise kwikorera studio ye bwite aho gukomeza kugenda yifashisha az’abandi mu gutunganya amajwi. Mu gusobanura urugendo rwe mu muziki, A Pass yavuze ko icyemezo yafashe cyatewe n’ibibazo yahuye na byo mu ntangiriro z’umwuga...
Umuhanzi A Pass yatangaje ko yigeze gucika intege mu rukundo ku nshuro ya mbere mu buzima bwe, avuga ko byabaye mu ntangiriro z’igihe yatangiriyeho gukundana. Mu kiganiro yagiranye na NRG Radio Uganda kuri uyu wa Gatanu mu gitondo,...
Nubwo mu myaka ibiri ishize yakoze indirimbo nyinshi ndetse ahakaba harimo n’izo yakoranye n’abandi bahanzi zakunzwe cyane, umuhanzi Dax Vibez wo mu itsinda rwa Vibrationz Entertainment yavuze ko hari bamwe mu bahanzi yicuza kuba yarakoranye na bo muri...
Hon. Robert Migadde Ndugwa, Perezida wa SACCO nteka ishinga amategeko ya Uganda, yatangaja amakuru mashya ku bijyanye n’amafaranga yizigamiwe n’ayakusanyijwe nyuma ya nyakwigendera Muhammad Ssegirinya. Mu kiganiro yagiranye na SparkTV, Migadde yasobanuye ko iyo SACCO ihuriyemo n’abagize Inteko...
Umuhanzi Eddy Kenzo, akaba n’Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abahanzi bo muri Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF), yatangaje ko nyina wamubyaye afite inkomoko mu Rwanda. Mukiganiro yashyize hanze yagarutse ku buzima bwe bwo mu bwana, Kenzo yavuze ko nubwo...
Umuhanzi RickmanManrick yatangaje ko ari mu rukundo n’umubyinnyi unakoresha imbuga nkoranyambaga Gia Nina, bityo bishyira iherezo ku byari bimaze iminsi bivugwa ku mbuga nkoranyambaga cyane ko bakunze kuvugwaho umubano w’ihariye. Mu kiganiro yagiranye na NextRadio, Rickman Manrick yavuze...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Gashyantare 2026, hiriwe hakwirakwizwa mamashusho ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abakinnyi b’ikipe ya Arsenal bari kubyiana indirimbo “Marocco” y’umuhanzi w’icyamamare muri Uganda Joshua Baraka, mu gihe bari mu myitozo bitegura umukino wa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwaburiye abanyamakuru bakora ibiganiro by’imikino bubasaba kureka amagambo ateza umwiryane no kurangwa n’ubupfura mu kazi bakora. Ibi byatangajwe ku wa 10 Werurwe 2026 n’Umuvugizi wa RIB, Thierry B. Murangira, mu kiganiro...
Umuhanzi wo muri Uganda Big Eye StarBoss yatangaje ko amaze kugera kuri byinshi mu buzima bwe binyuze mu muziki, harimo no gushora imari mu mitungo itandukanye irimo inzu n’ibibanza. Uyu muhanzi wamenyekanye mu ndirimbo Indicator yavuze ko mu...