• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Lilian Mbabazi yahishuye ko yahoze mu rukundo na Wowzey Radio

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 4, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi Lilian Mbabazi yagarutse ku rugendo rw’urukundo rudasanzwe yagiranye na nyakwigendera Moses Nakintije Ssekibogo wamamaye nka Mowzey Radio, asobanura ko urukundo rwabo rwatangi ari ibintu bisanzwe ariko ukobagiye bavuga umunsi ku wundi byagiye bikomera. Ibi abigarutse nyuma y’imyaka 7 uyu muhanzi yitabye Imana.

Lilian Mbazi yabigarutse ubwo yari mu kiganiro  cya Sanyuka TV yavuzeko ubucuti rwabo bwatangiye mbere y’uko bose baba ibyamamare. Cyane ko buri umwe yajyaga yita ku wundi amuba hafi nko mu bihe bikomeye.

Avuga ko bombi bahuriye bwa mbere mu mashuri yisumbuye no muri Kaminuza ya Makerere, aho biganaga mu ishami ryigisha imibanire y’abantu n’imitekerereze yabo mu muryango.

Ati “Buri wese muri twe jyaga yita  ku buzima bw’undi, niko byari bimeze. Twahuriye ku ishuri, kuri kaminuza, nyuma dukomeza kugenda tuvuga tunahura binyuze kuri Jackie Chandiru. Twigananga mu ishuri rimwe muri Makerere, hanyuma no muri muzika dukomeza guhura.”

Ubucuti bwabo bwarushijeho gukomera binyuze ku nshuti yabo ya hafi Jackie Chandiru wari umeze nki kiraro cyabafashaga guhura iyo babaga bafite guhunda yo gusohoka.

Lilian Mbabazi yavuze ko Radio yagize uruhare rukomeye mu ku mufasha kwinjira mu muziki, ndetse akaba ari we wamwigishije kuvuga Ikigande kuko icyo gihe yavugaga Icyongereza cyane.

Ati “Jackie yakundaga kunsohokana, hanyuma tugahura na Radio. Mowzey ni we wanyigishije kuvuga Ikigande kuko icyo gihe nari nzi Icyongereza gusa.”

Aba bombi baje gutandukana bafitanye abana babiri, gusa Lilian Mbabazi yigeze kuvuga ko ari umwere muri iki kibazo cyo gutandukana na Mowzey, gusa ibikorwa bye n’ibindi byari muri bimwe mu byagize ingaruka ku mubano wabo.

Gusa mu munsi yashize Lilian Mbabazi yavuze ko mbere y’uko MowzeyRadio yitaba Imana bari bafite gahunda yo kogera gusubirana bakarera abana babo bari kumwe.

Uyu muhanzikazi kandi yavuze ko atongeye kujya mu rukundo nyuma yo gutandukana na Mowzey ndetse avuga ko nta gahunda afite yo kongera gukundana bitewe n’inshingano afite gusa ngo hagize n’uboneka yaba afite urukundo rurenze urwo yabonye na mbere.

Mowzey yitabye Imana ku wa 1 Werurwe 2018, yatangiye gukundana na Lilian Mbabazi bakiri ku ishuri muri Kaminuza ya Makerere urukundo rwabo rukura kurushaho ubwo bahuriraga mu ndirimbo “Where you are” Itsinda Blue*3 rifatanyije na Goodlyfe.

Uyu muhanzikazi Lilian Mababazi afitanye abana babiri na nyangendera Wowzey Radio, abo bana barimo Asante Manzi Ssekibogo w’imyaka 14 na Izuba Ssekibogo w’umuhererezi.

Previous Post

ADPR yashyize umucyo ku bimeze iminsi bivugwa ko iri torero ryaze gusezeranya Ishimwe Vestine

Next Post

Abagore bari mu gihe cyo gucura mu Rwanda bahanganye n’ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
4 minutes ago

Impaka zikomeye zongeye kubura mu muziki mpuzamahanga, nyuma y’uko Fat Joe atangaje ko injyana ya Afrobeats yaba yarakomotse muri Jamaica—amagambo...

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Next Post
Abagore bari mu gihe cyo gucura mu Rwanda bahanganye n’ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe

Abagore bari mu gihe cyo gucura mu Rwanda bahanganye n’ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe

“Kirehe Twataramye”, Ibitaramo Ngarukamwaka bigamije Guhuza Abanya-Kirehe n’Ubuhanzi

"Kirehe Twataramye”, Ibitaramo Ngarukamwaka bigamije Guhuza Abanya-Kirehe n’Ubuhanzi

Urubanza rwa Djihad na Bagenzi be Rwasubitswe kubera kubura Umwunganizi

Urubanza rwa Djihad na Bagenzi be Rwasubitswe kubera kubura Umwunganizi

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats
Imyidagaduro

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.