Kureba filime zivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ni uburyo bwo kwibuka, kwiga no kurinda ukuri. Izi filime zatoranyijwe na impinga.rw ziboneka kuri YouTube kandi zifasha urubyiruko kumva amateka no kurushaho gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Dreams...
Mu Rwanda hose, uko ukwezi kwa Mata gutangiye, amajwi yumvikana kuri radiyo na televiziyo arahita ahinduka. Indirimbo zisanzwe zishimisha abantu zisimburwa n’izituje, ziganisha ku kwibuka no gutekereza ku mateka. Ku Banyarwanda benshi, iri hinduka ni ikimenyetso cy’igihe cyo...
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yasize ibikomere bikomeye mu nzego zose z’ubuzima bw’igihugu, harimo na siporo. Abakinnyi, abayobozi b’amakipe ndetse n’abakunzi b’imikino itandukanye bishwe bazira uko bavutse, bituma siporo nyarwanda itakaza bamwe mu bayiteje imbere. Muri icyo gihe...
Mu Karere ka Karongi, hafashwe umugabo wari umaze imyaka irenga 30 yihisha ubutabera akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Murakaza Valens w’imyaka 63 yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026, nyuma y’amakuru yamutanzweho mu nama...
Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhanzi w’Umunya-Tanzania, Harmonize, yagaragaje ko...
Umuhanzi Ndayishimiye Musinga Joseph uzwi nka Musinga Joe, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Agakanzu ka Murerwa”, igaruka ku mateka yihariye y’uburyo ababyeyi bifashishije ubwenge bagakiza abana babo b'abahungu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi ndirimbo nshya "Agakanzi...
Mu gihe u Rwanda riri mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzikazi Bwiza yacyebuye urubyiruko arusaba kumva ko ibi bihe atari iby’ikiruhuko cyangwa guceceka ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo ari umwanya wo...
Umubyeyi w’imyaka 32 witwa Umulisa Mariam yagarutse ku buzima bukomeye yanyuzemo kuva akiri uruhinja mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Avuga ko yatoraguwe mu mirambo ari uruhinja ruri konka ibere ry’umugore bikekwa ko ari nyina wari...
Mu gihe u Rwanda rwatangiye Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umunyamideli Kate Bashabe yavuze ko nubwo hashize imyaka myinshi, uburibwe n’ibikomere Jenoside yasize bikiri mu mitima ya benshi. Yashimangiye ko Kwibuka ari ingenzi...
Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange bakomeje kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzi Munyanshoza Dieudonné uzwi nka Mibirizi yagarutse ku bubyimba ndengakamere bwagaragaye mu gihe cya Jenoside. Yavuze ko mu gace akomokamo...