• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Regina Daniels yavugishije benshi nyuma yo kugura inzu

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Regina Daniels wakinanye na Alliah Cool muri filime yitwa ‘The Waiter’ ya AY Comedian, yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yaguze nyuma yo gutandukana n’umugabo we wigeze no kuba umusenateri bari bamaze igihe babana.

Uyu mugore ufite abana babiri yabyaranye n’uyu mugabo umurusha imyaka 39, asanzwe ari icyamamare muri sinema ya Nigeria by’umwihariko akaba yarakinnye muri ’The waiter’ yitwa Idara akaba umukozi wa hoteli yari yashimutiwemo abayobozi ufatanya na mugenzi we uba yitwa Akpos ariko amazina ye nyayo akaba Ayo Makun, mu gushashya ibyihebe biba byashimuse abayobozi.

Uyu mukobwa bivugwa ko yimukiye muri iyi nzu nshya ahunze umugabo we ashinja kumuhoza ku nkeke nubwo bafitanye abana batatu

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje ko yaguze inzu nziza muri Nigeria, ati “Ndi umwamikazi mu nzu yanjye […] Ibi uretse kubyikorera nabikoreye n’umuryango wanjye.”

Mu 2019 uyu mukobwa yakundanye n’umugabo wigwijeho amafaranga Chinedu Munir Nwoko wamenyekanye nka Ned Nwoko akaba yarigeze no kuba umu senateri muri Nigeria.

Uyu mukobwa yakinanye na Alliah Cool muri filime ‘The Waiter’

Iki gihe uyu mukobwa wari ufite imyaka 19, byamugize umugore wa gatandatu w’uyu mugabo wari ufite imyaka 58 y’amavuko.

Mu 2020 yaje kwibaruka imfura ye n’uyu mugabo ndetse mu 2022 babyarana umwana wa kabiri.

Icyakora guhera muri Gashyantare 2025 amakuru yari yatangiye kuvuga ko aba bombi batandukanye nubwo batigeze babivugaho. Ibi byatijwe umurindi no kuba uyu mugore yarasibye konti ye ya Instagram aza kuyisubizaho yaramaze gukuraho izina ry’umugabo.

Regina Daniels yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yamaze kugura

Ku rundi ruhande hari amakuru yavugaga ko batandukanyijwe n’uko uyu mugabo yari amaze iminsi abanye neza n’undi mukinnyi wa sinema Chika Ike byanakunze kuvugwa ko yamugize umugore wa karindwi icyakora birangira babihakanye.

Icyakora nubwo bari bamaze igihe bashyamirana, byabaye bibi mu minsi ishize ubwo uyu mugore yashinjaga umugabo we kumuhohotera agahita yahukana.

Previous Post

Ni umuryango wamfashije kwegerana n’Imana- Sarah Sanyu 

Next Post

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.