• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma nyuma y’uko tangaje ko igihugu cye cyateye inkunga Ethiopia

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
July 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, nyuma y’aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo kubaka urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile.

Mu minsi ishize ni bwo Perezida Trump yatangaje ko urugemero rwa Grand-Ethiopia ruherereye ku mugezi wa Nile ahanini rwubatswe n’amafaranga ya Amerika.

Ni urugomero bivugwa ko ari rwo runini ku mugabane wa Afrika, ndetse kandi rukaba rwari rumaze imyaka 14 rwubakwa, nyuma y’uko rwuzuye muri uku kwezi turimo.

Muri iyi myaka 14 rumaze rwubakwa, abategetsi b’iki gihugu cya Ethiopia bavuga ko guverinoma yabo kwariyo yateye inkunga imirimo yo kurwubaka ifatanyije n’abaturage.

Nyuma y’aho Trump atangaje iby’uru rugemero ko ari igihugu cye cyateye inkunga yo kurwubaka, umuyobozi wungirije mu biro bishinzwe guhuza ibikorwa bya ruriya rugomero, yatangaje ko amagambo ya perezida Donald Trump ari “ibinyoma gusa kandi bisenya.”

Nyuma y’uko Perezida Trump atangaje ko igihugu cye cyateye inkunga Ethiopia yiswe umunyakinyoma

Ahamya ko uru rugomero rw’ubatswe nta nkunga n’imwe y’amahanga irutanzweho.

Nyamara sibwo bwa mbere Trump avuga ko urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile rwatangiye gutanga umuriro w’amashanyarazi muri 2022 mbere yo kuzura burundu muri uku kwezi ko rw’ubatswe ku nkunga ya Amerika.

Uru rugemero byari biteganyijwe ko ruzubakwa mu gihe cy’imyaka 6, rugatwara miliyari 4 z’amadolari y’Amerika.

Gusa, nyuma yokuzura abanya-Ethiopia bakomeje gutanga imisanzu yo kurwubaka, dore ko kugeza muri uyu mwaka hari hamaze gukusanywa abarirwa muri miliyari 12.

Mu kuzura k’uru rugemero, byanejeje abanya-Ethiopia barwitezeho ko rubaha umuriro w’amashanyarazi, kuko abatari bake muri bo ntawe bagiraga.

Impinga

Previous Post

Umwaka utaha wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo urinda SIDA

Next Post

Inshingano zitegereje Minisitiri w’Intebe mushya n’ububasha ahabwa n’itegeko

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Abigael Kendi ni umukobwa w’imyaka 19 wo muri Kenya ufite ubuzima budasanzwe bwatangaje benshi. Yavutse afite inkondo ebyiri z’umura, nyababyeyi...

Aston Villa Yegukanye Europa League

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Ikipe ya Aston Villa yatsinze SC Freiburg ibitego 3-0 yegukana UEFA Europa League ku nshuro ya mbere mu mateka yayo....

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Next Post
Inshingano zitegereje Minisitiri w’Intebe mushya n’ububasha ahabwa n’itegeko

Inshingano zitegereje Minisitiri w’Intebe mushya n’ububasha ahabwa n’itegeko

Trump na von der Leyen basinyanye amasezerano y’ubucuruzi hagati ya Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)

Trump na von der Leyen basinyanye amasezerano y’ubucuruzi hagati ya Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)

Perezida Kagame na Masai Ujiri bashishikarije urubyiruko rwa Afurika kurushaho guteza imbere umugabane w’Afurika

Perezida Kagame na Masai Ujiri bashishikarije urubyiruko rwa Afurika kurushaho guteza imbere umugabane w'Afurika

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.