Miss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yahagurukiye amagambo amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yibasira umugabo we Michael Tesfay, bamwe bavuga ko yakennye no kugenda mu modoka rusange. Miss Naomie yabwiye abavuga umugabo...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Nyakanga 2025, ku Rwunge rw’Amashuri rwa SYIKI TSS ruherereye mu Karere ka Rutsiro, habaye ikibazo cyagaragaye nk’icyahungabanya umutekano w’ibizamini, ubwo abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye (S6) bari mu...
Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2025, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka utaha wa 2026 nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakoresha amashanyarazi izaba ikorera muri uyu mujyi. Bamwe mu bafite amasosiyete atwara abagenzi...
Bamwe mu bakiliya basura amahoteri n’amacumbi (lodge) yo mu karere ka Rubavu, bavuga ko hari ubwo bahurira n’inshuti z’abo badahuje igitsina, bakaganira bagahuza urugwiro ndetse bikarangira bakoze imibonano mpuzabitsina. Mu bo twaganiriye batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuze...
Nk’umunyarwanda ukunda ibidukikije, rimwe na rimwe nibaza nti: Ese koko inyamaswa zo mu ishyamba ziracyafite amahoro ni umutekano? Ziracyabona ubuzima nk'ubwo zagize mbere y'uko isi yuzura abantu n’iterambere? None se, nawe nk’umuturage ujya wibaza icyo wakora ngo izo...
Mu Rwanda, ibishanga bigira uruhare runini mu mibereho y’abaturage n’iterambere ry’igihugu. Uretse kuba byifashishwa mu buhinzi, cyane cyane ubw’imusozi muke n’umuceri, ni n’isoko y’amazi, ibimera, n’ibinyabuzima bitandukanye. Ariko kandi, mu myaka yashize, hari ikibazo cyagiye cyigaragaza aho ibishanga...
U Rwanda ruzakira imurikagurisha mpuzamahanga ngarukamwaka ku nshuro yaryo ya 28, rizitabirwa n’ibihugu birenga 30 hamwe n’abashoramari bagera kuri 450. Iri murikagurisha rizatangira ku wa 29 Nyakanga rigasozwa ku wa 17 Kanama 2025, rizabera ahasanzwe habera iki gikorwa...
Uwiyita Nibisazi ku mbuga nkoranyambaga yandikiye Polisi y’u Rwanda avuga ko ibintu bitifashe neza mu mibereho ye, asaba ko yajyanwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba kwigirayo imyuga. Ni ubutumwa yashyize...
Usanzwe wumva bavuga ngo ibintu ni magirirane, yewe no mungo ubu bisigaye bikunze gukoreshwa ngo umugabo n’umugore ni magirirane. Ese waba uzi aho iyi nsigamigani yakomotse? Uyu mugani baca kenshi, bawuca iyo babonye ineza yiturwa indi, ni bwo...
Donald Trump akigera ku butegetsi yasinye itegeko ribuza ababana bahuje ibitsina kujya mu gisirikare, nyuma y’igihe gito avuga ko agomba gushyiraho amategeko na politike bihindura ibintu ku buryo abantu bihinduje igitsina azabirukana mu mirimo itandukanye. Nyuma y’iminsi irindwi...