Umubyeyi wo mu Bwongereza yasabye ko hashyirwaho amasomo yigisha abana ingaruka zo gukoresha nabi imyuka ihumanya ikirere, nyuma y'urupfu rw'umukobwa we w'imyaka 13 wapfuye yigana ibyo yari yabonye ku mbuga nkoranyambaga. Sonia Hopkin yavuze ko umukobwa we, Tiegan...
Mu Butaliyani, inkuru ya Laura Mesi yakomeje gukurura amatsiko n’impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru. Uyu mugore w’imyaka 40, uzwi nk’umutoza w’imyitozo ngororamubiri, yafashe icyemezo kidasanzwe cyo kwishyingira, nyuma yo kurambirwa gutegereza umugabo yafataga nk’uw’inzozi ze. Laura...
Mu myaka ya vuba, uburyo bwo guhindura ishinya (tattoo) umukara, cyane cyane ku rubyiruko rwo mu Rwanda, buragenda buzamuka. Guhindura ishinya cyangwa iminwa umukara hifashishijwe tattoo ni imwe mu myidagaduro no guhanga ibishya ku mubiri. Iyi myemerere ikomeje...
Abanya-Kenya bakomeje guterwa urujijo nyuma y’uko umugore wiyitiriye kuba ari nyina wa muhanzi w’icyamamare Kevin Bahati atangaje ko akiri muzima, kandi ko ari we yamubyaye. Iyi mvugo ikomeje kuvugisha benshi kuko ihabanye n’inkuru Bahati amazeyo imyaka avuga ko...
Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri batangiye ibizami bizamara iminsi itatu bigaragaza niba bazimuka cyangwa bazasubira mu mwaka bigagamo. Sengabo Ayubu, Umuyobozi wa G.S...
Mu myaka mirongo itatu n’umwe ishize, u Rwanda rwariyubatse rwateye intambwe ishimishije mu ikoranabuhanga, ku buryo iminsi mikuru imwe n’imwe isigaye yizihirizwa ku mbuga nkoranyambaga kandi abantu bakaryoherwa, bakumva baguwe neza. Buri wa mbere Kanama, u Rwanda rwizihiza...
Miss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yahagurukiye amagambo amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yibasira umugabo we Michael Tesfay, bamwe bavuga ko yakennye no kugenda mu modoka rusange. Miss Naomie yabwiye abavuga umugabo...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Nyakanga 2025, ku Rwunge rw’Amashuri rwa SYIKI TSS ruherereye mu Karere ka Rutsiro, habaye ikibazo cyagaragaye nk’icyahungabanya umutekano w’ibizamini, ubwo abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye (S6) bari mu...
Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2025, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka utaha wa 2026 nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakoresha amashanyarazi izaba ikorera muri uyu mujyi. Bamwe mu bafite amasosiyete atwara abagenzi...
Bamwe mu bakiliya basura amahoteri n’amacumbi (lodge) yo mu karere ka Rubavu, bavuga ko hari ubwo bahurira n’inshuti z’abo badahuje igitsina, bakaganira bagahuza urugwiro ndetse bikarangira bakoze imibonano mpuzabitsina. Mu bo twaganiriye batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuze...