Umunyanijeriya utuye mu Bwongereza yaje mu Rwanda muri gahunda zo kuganira n'abagize 1:55 AM mu rwego rwo gushaka uko yazamamaza 'Pom Pom' ya Bruce Melodie, Diamond Platnumz na Joel Brown. Olajide,umunyamakuru w'umunyabigwi mu guteza imbere Afrobeats mu Burengerazuba...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yageze ku masezerano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yo kwakira abimukira bagera kuri 250, mu rwego rwo gufatanya mu gukemura ibibazo byugarije isi by’abimukira. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u...
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abanyamategeko ba Sean “Diddy” Combs bashyikirije urukiko rwo mu gace ka Southern District ya New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, impapuro zibarirwa muri 62, basaba ko icyemezo cyahamije Combs icyaha...
Céline Dion ni umwe mu bahanzi bakomeye ku isi uheruka gutanga ubutumwa bwo gusezera no kwifatanya mu kababaro nyuma y’urupfu rwa Ozzy Osbourne, icyamamare cy’ibihe byose mu njyana ya heavy metal. Uyu muhanzikazi w’Umukanadakazi yashimagije Osbourne nk’“umuntu utinya...
Abahanzi barimo Tekno Miles, Nel Ngabo na Alyn Sano bataramiye mu gitaramo cyo kumurika imideri 'Threads of Africa Fashion' cyabereye muri Zaria Court, inyubako ya Masai Ujiri. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Nyakanga 2025....
Umunyabigwi mu gukina filime, Lily James, yamaze kwemezwa nk’umwe mu bakinnyi bazagaragara muri Subversion, filime nshya y’icyikango izakinirwa mu bwato bubaburi mu nyanja. Iyi filime ikaba izayoborwa na Patrick Vollrath ku bufatanye na kompanyi ya Amazon MGM Studios....
Ibihugu bitandukanye bikora ku nyanja ya Pacifique, byasabwe kwitegura tsunami kubera umutingito uherutse kuba mu burasirazuba bw’u Burusiya. Uyu mutingito wabaye ku wa 29 Nyakanga 2025, wari ufite ibipimo bya magnitude 8.8 ibyatumye uba umwe mu mitingito ikomeye...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iyo adatanga umusanzu mu biganiro by’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibyo biganiro bitari kubaho, ahubwo ibintu byari kurushaho kuba bibi cyane....
Ku wa 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Republika yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, agirwa Dr. Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr. Edouard Ngirente wari kuri uwo mwanya kuva mu 2017. Dr. Nsengiyumva wari usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu,...
Inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 16 Nyakanga 2025, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu zirimo za Minisiteri. Imyanya yatanzwe irimo iy’abanyamabanga bahoraho muri Minisiteri, abayobozi b’inzego, abanyamabanga bakuru. Hari abashya, ariko hari n’abongeye kugirirwa...