Ama G The Black yatangaje uko afata Rev Dr Antoine Rutayisire nk’umuwarimu w’ubuzima kandi wamufashije gukora indirimbo ze. Umuraperi Hakizimana Amani uwamamaye nka Ama G The Black uzwiho gukora indirimbo zifite ubutumwa bukomeye kandi zigaragaza ubuzima bwa muntu,...
Dubai ikomeje kuba indiri y'ubucuruzi bw'abakobwa bava muri Uganda bijejwe akazi bagerayo bagasanga bari kuryamana n'abakire. Amafaranga bahabwa atwarwa na Abbey, umugande wiyemeje kubacuruza. Izina Charles Mwesigwa 'Abbey' rirazwi cyane i Dubai umujyi afata nk'akarima ke. Ni umugande...
Nyuma y’uko Kalisa Adolphe agaragaje imbogamizi z'uko atabonye dosiye yasabye ko yahabwa igihe gihagije akitegura iburana. Ku wa 19 Nzeri 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rwa Kalisa Adople uri kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku minsi...
Umuhanzi wo muri Uganda, Fik Fameica, yateguje igitaramo cye cyizaba ku itariki ya 5 Nzeri, kikaba cyitezwe. Yatangiye imyiteguro ya nyuma, harimo imyitozo. Nyuma y’ukwezi akora ibikorwa byo kwamamaza ku butaka. Umwaka wa 2025 umaze kumenyekana kubera ibitaramo...
Iyi nkuru ikubiyemo amakuru avugwa mu isi y’imyidagaduro. Ntabwo twakusanyije amakuru menshi ahubwo twakurikiranye ikibazo cya Bushali n'umuyobozi wa PSF I Nyamasheke aho twasanze uwo muraperi ari kwigiza nkana kuko yishe amasezerano. Umuraperi Bushali yanditse ku rubuga rwa...
Umuhanzikazi wo muri Tanzania Zuchu, yatumiwe mu muhango wo gusoza irushanwa rya CHAN 2024, nk'umuhanzi mukuru, iri rushanwa rya CHAN 2024, ryabereye kuri Moi International Sports Centre i Kasarani. Uyu muhanzikazi ni we watangije ibirori ku mugaragaro aririmba indirimbo...
Umukinnyi Killian Mbappé yatangaje ko akunda umuziki wa Davido by'umwihariko akaba muri iyi minsi ari kumva cyane 'With You 'ya Davido na Omah Lay. Davido ni umwe mu bahanzi batatu bakunzwe muri Nigeria akaba yaratumye habaho inyabutatu nyuma...
Rugaju Reagan, Jangwani, Ishimwe Ricard, CSP Sengabo Hillary, CSP Olive Mukantabana, Biganiro Mucyo n'abafana bari mu barekuwe by'agateganyo n'urukiko rwa Gisirikare. Rugaju, Mucyo, Ricard na Jangwani bafunguwe by'agateganyoKu wa 26 Kanama 2025 saa 12:52 Inteko y'abacamanza ba gisirikare...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere cyahagaritse Kings Bet Ltd, ikigo gicuruza imikino y’amahirwe. Ku wa 25 Kanama 2025 RDB yashyize ku mbuga nkoranyambaga itangazo rimenyesha abantu bose bireba ko yahagaritse Kings Bet Ltd, nk’urwego rufite ububasha bwo kugenzura imikino y’amahirwe....
Kuri uyu wa kane, tariki ya 21 Kanama 2025, umuraperi Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara atembera mu mihanda ya Los Angeles yambaye imyenda icitse — yambaye gusa kambarizo n’inkweto z’umweru z’amakoboyi (cowboy boots). Amashusho...