Umuhanzikazi mpuzamahanga Doja Cat yongeye gushimisha abafana i Pretoria muri Afurika y’Epfo nyuma y’iminsi mike yataramiraga i Kigali. Icyo gitaramo cyabaye ku wa 20 Werurwe 2026 muri SunBet Arena, aho yakiriwe n’ibihumbi by’abafana bishimira imyambaro ye yihariye n’indirimbo...
Abahanzi b’icyamamare mu Rwanda barimo Israel Mbonyi, Bruce Melodie, Meddy na Alicia & Germaine bari mu bahataniye ibihembo bikomeye bya Africa Golden Awards 2026, bihuriza hamwe ibyamamare byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo. Africa Golden Awards...
Ah Itangazo ry'umuryango we rivuga ko "Ku bandi ku isi, yari umuhanga mu mikino njyarugamba, umukinnyi wa filimi, n'ikimenyetso cy'imbaraga. "Kuri twe, yari umugabo w'umutima, umubyeyi ukunda, wuzukuruje, umuvandimwe w'igitangaza, n'umutima w'umuryango wacu." Kugeza no mu myaka yari...
Mu mikino ibanza ya 1/8 cya UEFA Champions League 2025/2026 yakinwe ku wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026, amakipe akomeye ku mugabane w’i Burayi yagaragaje imikino ikomeye, aho Atletico Madrid yanyagiye Tottenham Hotspur mu gihe FC Barcelona...
Umuhanzikazi Jowy Landa yavuze ko atigeze aba inshuti magara n’umuhanzi mugenzi we Ava Peace, nubwo hari benshi bakomeje kuvuga ko bombi bagiranye amakimbirane. Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV Uganda, aho yasobanuye neza uko umubano wabo...
Umuraperi Navio yatangaje ko nubwo abahanzi bo muri Uganda bahabwa inkunga n’ibigo by’ubucuruzi, amafaranga binjiza mu muziki atiyongera nk’uko byari bikwiye. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Navio yavuze ko hari imyumvire ikunze kugaragara mu bahanzi bo muri Uganda...
Kuva ku gushyira mu maso hawe mu ibakure (cyangwa uruho) irimo amazi akonje cyane yabaye barafu, ukagera ku gukoresha ibikoresho byakonjeshejwe bikishushanya ku matama, imbuga nkoranyambaga ziba zuzuyeho uburyo bwihuse bukwizeza kuba mu maso hawe hareka kubyimba mu...
Ku rugo rwa Rihanna ruri mu gace ka Beverly Hills muri California humvikanye urusaku rw'imbunda, nk'uko polisi ibitangaza. Abapolisi muri Los Angeles batabajwe nyuma yo kurasa kwabaye ahagana saa 13:15 ku isaha yaho (saa 23:15 i Kigali) ku...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Grace Khan yatangaje ko yasohotse mu ivuriro ryita ku bantu bafite ikibazo cy’ubusinzi, nyuma y’igihe ari kuvurirwa ubusinzi bw’inzoga. Uyu muhanzikazi yavuze ko ubu ari gutangira ubuzima bushya, anashimira abamubaye hafi mu bihe bikomeye...
Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze hazwi nka Illusion Bar. Iki gikorwa giteganyijwe gutangira ku wa 8 Werurwe 2026, kikazajya kiba buri Cyumweru nijoro,...