Umuhanzi wo muri Uganda, Geosteady, yamaganye amagambo yahoze ari umukunzi we, Prima Kardashi, wavuze ko mu myaka umunani bamaranye batigeze basomana. Ibi byavuzwe na Prima mu kiganiro cya TikTok Live, aho yatangaje ko nubwo babanaga kandi bafitanye abakobwa...
Mu gihe biteganyijwe ko ku wa 17 Werurwe 2026 azataramira i Kigali muri Move Afrika, Doja Cat akomeje kuvugisha benshi. Ni umwe mu bahanzi b’igitsinagore bagezweho ku Isi, ariko inyuma y’icyamamare cye hari amateka arimo urugamba, impinduka n’amasomo...
Inkuru ya Paul Mackenzie, umuvugabutumwa washinze idini rya Good News International Church muri Kenya, ikomeje kuba igikomere gikomeye ku iyobokamana muri Afurika. Mu gihe akurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’abantu basaga 400 babonetse mu ishyamba rya Shakahola, hiyongereyeho n’abandi...
Britney Spears, umwe mu bahanzikazi b’ibihe byose mu njyana ya Pop, yongeye gutungurana afata icyemezo gikomeye ku rugendo rwe rwa muzika, aho yagurishije uburenganzira ku bihangano bye byose mu masezerano bivugwa ko arenga miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika...
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yongeye kwandika amateka aba umugore wa mbere wo muri Afurika ugeze ku ndirimbo zirindwi (7) zigeze ku rutonde rukomeye rwa Billboard Hot 100 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Umukinnyi wa filimi akaba n’umushoramari mu muco, Eric Kabera, ari mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ari kwerekana ibikorwa bye no kuganira n’abayobozi batandukanye bo mu nzego z’imyidagaduro, ubucuruzi n’ubukerarugendo ku rwego...
Ukwezi kwa Gashyantare kwahaye abakunda kureba filime na series amahitamo menshi, cyane cyane series ngufi ushobora kureba mu minsi mike utarinze gufata igihe kinini. Imbuga nkoranyambaga zitandukanye zikomeje gusohora inkuru zigufi, zifite umwihariko kandi zoroshye gukurikira. Impinga.rw yakusanyije...
Umukinnyi w'iteramakofe wo muri Algeria, Imane Khelif, yatangaje ko yiteguye gukorerwa isuzuma ry'igitsina (sex test) niba byamufasha kwemererwa kwitabira Imikino Olempike izabera i Los Angeles mu 2028. Khelif, wegukanye umudali wa zahabu mu bagore mu cyiciro cya 'welterweight'...
Mu gihe imyiteguro ya Saint Valentin ya 2026 irimbanyije, abakunzi b’umuziki w’urukundo i Kigali bafite impamvu yo kwitegura igitaramo cyihariye kizabahuza na Princess Lover, umuhanzikazi wamamaye cyane mu ndirimbo Mon Soleil. Uyu muhanzikazi wamamaye mu ndirimbo zituje, zirimo...
Umuhanzikazi wo muri Uganda, Grace Khan, yahakanye amakuru yavugaga ko yajyanywe muri rehab kubera ibiyobyabwenge, ashimangira ko ikibazo yari afite ari inzoga gusa. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Grace yavuze ko amaze amezi atatu ari mu kigo ngororamuco giherereye...