Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda Eddy Kenzo yasubije amagambo ya mugenzi we Lil Pazo wamushinje we na Bebe Cool kudafasha abahanzi bagenzi babo bahura n’ibibazo mu ruganda rw’umuziki. Ibi byakurikiye ibiganiro Lil Pazo yagiranye na Perezida wa Uganda Yoweri...
Umuhanzi wo muri Uganda, Ziza Bafana, yatangaje ko nyakwigendera Mowzey Radio yari afite umugambi wo gushinga ‘label’ ye bwite mu Rwanda mbere y’uko yitaba Imana mu 2018. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Bafana yavuze ko Radio yari amaze igihe...
Umuhanzi w’umudancehall wo muri Uganda, Coco Finger, yongeye gutungurana nyuma yo gutangaza inkuru idasanzwe ku buzima bwe bwo hambere mbere y’uko aba icyamamare. Uyu muhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo “Emikono Wagulu” yavuze ko hari igihe mu minsi ye...
Ubushakashatsi bushya bwerekana ko ubuziranenge bw'intanga ngabo buba buri hejuru mu mpeshyi, mu gihe bumanuka mu gihe cy'itumba. Abashakashatsi bo mu Bwongereza, Canada na Denmark basuzumye ingero 15,581 z'uturemangingo tw'abagabo bafite hagati y'imyaka 18 na 45 mu bihugu...
Filime nyinshi nziza zasohowe uyu mwaka ugereranije n’umwaka ushize. Nubwo filime za kera ziranga ibyishimo, ni byiza no kureba ibishya biri ku isonga. Iki cyumweru, ni akanya keza ko wiherera mu bikorwa byo kureba filime. Impinga.rw yaguteguriye urutonde...
DJ David Guetta, umufaransa uri mu bakomeye ku isi mu kuvanga imiziki, yatangaje amakuru mashya meza ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko yibarutse umwana w'ubuheta n'umugore we Jessica Ledon. Guetta yabishyize ku mugaragaro binyuze kuri Instagram ye, asangira...
Umuhanzikazi Rahmah Pinky yashyize ahagaragara inkuru yihariye ku rugendo rwe mu muziki, agaragaza uko indirimbo ye ya mbere yamugize icyamamare yahinduye icyerekezo cy’ubuzima bwe, agahitamo gusubika amasomo ya kaminuza. Uyu muhanzikazi wari watangiye kwiga icyiciro cya Bachelor of...
Umuraperi w’Umunya-Amerika Lil Poppa (Janarious Mykel Wheeler) yapfuye afite imyaka 25 ku wa 18 Gashyantare 2026, ndetse amakuru mashya aturuka mu iperereza arimo gutuma abantu benshi mu bakunzi be n’abakurikiranira hafi umuziki wa Hip-Hop batekereza ko ashobora kuba...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda Clever J yongeye kuvugaku bibazo bimaze igihe bivugwa mu rugo rwe, agaragaza ko yamaze amezi hafi atandatu ataba mu nzu yabanagamo n’umugore we, nyuma y’amakimbirane akomeye yabaye hagati yabo. Umuhanzi Clever yatangaje ko yamaze amezi atandatu...
Umuhanzikazi wo muri Uganda Rachel K (Rachel Kiwanuka) yatangaje ku mugaragaro uko umuryango we ubanye mu mahoro nubwo bafite imyemerere itandukanye. Rachel K yavuze ko nyina, icyamamare mu muziki wa Uganda Halima Namakula, ari Umuyisilamu w’ukuri kandi wubahiriza...