Muri ki gitondo cyakeye Iran yagabye ibitero bikomeye bya Missiles ku Kigo cy'Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika cya Al Udeid kiri muri Qatar. Ni nyuma y'aho mu rukerera rwo ku Cyumweru, tariki 22 Kamena 2025, Amerika...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko hagati ya Iran na Israel bemeranyijwe guhagarika imirwano”. Trump avuga ko biteganijwe ko imirwano iza guhagarara mu masaha ari imbere “ ibihugu byombi bimaze gucururuka no kurangiza...
Teherani – Leta ya Iran yatangaje kuri uyu wa Mbere ko igitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri sitasiyo za nikleyeri cyayihaye impamvu yo kwihimura ku bitero biteganyijwe, inashinja Perezida Donald Trump kuba “umusazi ukina imikino y’intambara”,...
Kuri uyu wa Gatanu, Iran yatangaje ko ititeguye kuganira ku hazaza h’inkunga yayo ya nikleyeri mu gihe ikiri mu ntambara n’igihugu cya Israel, mu gihe Umuryango w’Uburayi usaba Tehran kwemera ibiganiro. Mu gihe, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Igisirikare cya Isiraheli cyagabye ibitero ku bikorwa remezo by’ingufu za kirimbuzi bya Irani kuri uyu wa Kane. Ibi byabaye mu gihe Irani nayo yarashe ibisasu byashegeshe Ibitaro bya Soroka biherereye mu mujyi wa Beersheba, mu majyepfo ya Isiraheli....
General Shadmani yari aherutse gusimbura Gholamali Rashid, wishwe mu cyumweru gishize ubwo Israel yatangiraga ibitero bikomeye kuri Irani ku wa Gatanu. Shadmani yari ashinzwe guhuza ibikorwa hagati y’ingabo zidasanzwe z’umutwe wa IRGC (Iranian Revolutionary Guard Corps) n’igisirikare gisanzwe...
Uyu mushinga wa Stargate, ufite agaciro ka miliyari 500 z'amadolari, ni ubufatanye bwa OpenAI, Oracle na SoftBank, ugamije kubaka ibigo by'ikoranabuhanga mu bihugu bitandukanye ku isi. UAE izaba kimwe mu bihugu bizitabira uyu mushinga, aho biteganyijwe ko izashora...
Kampala, Uganda – Tariki ya 2 Gicurasi 2025 — Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane nka Bobi Wine, yatangaje ko inzego z’umutekano zashyize amakamera y’ubutasi inyuma y’ibiro bikuru by’ishyaka National Unity Platform...
Bill Gates, umwe mu baherwe bakomeye ku isi akaba n'umunyabigwi mu bikorwa by'ubugiraneza, yashinje Elon Musk kugira uruhare mu mugambi ushobora kugira ingaruka zikomeye ku bana b’abakene bo mu bihugu bikennye, bitewe no kugabanya inkunga Leta Zunze Ubumwe...
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.