Intego nyamukuru y’iri tegeko ni ukurinda abana ibyago bishobora kubageraho mu gihe bakoresha imbuga nkoranyambaga.
Judith Babirye, umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, amaze imyaka itanu aba muri Canada nyuma yo kuhimukira mu 2018. Yibarutse umwana wa kabiri nyuma y’uko ahagera, ubwo yari afite imyaka 42. Uyu muririmbyi wamenyekanye cyane arashishikariza Abanya-Uganda...
Isi y’imyidagaduro muri Kenya iherutse kujya mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Tabitha Gatwiri, umunyakenya w’umuhanga mu guhanga ibihangano (content creator) no gukina filime, wapfuye ku itariki ya 30 Ukwakira afite imyaka 29 gusa. Tabitha, wamamaye cyane kubera...
Minisitiri w’Intebe wa Mali, Choguel Kokalla Maïga, wari umaze imyaka itatu kuri uwo mwanya, yirukanwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 20 Ugushyingo 2024. Iri yirukanwa ryatangajwe mu iteka ryasomwe kuri Televiziyo y’Igihugu na Alfousseyni Diawara,...
Kugurisha Chrome na Android ni igice cy’ingamba nini zo guca intege Google, harimo no guhagarika amasezerano ya miliyari nyinshi y’amadolari isinyana na Apple n’abandi bakora ibikoresho by’ikoranabuhanga kugira ngo urubuga rwa Google rube urwo kwihitirwamo.
Ku wa Gatanu, Bebe Cool yanditse ku rubuga rwa X (Twitter) ko ari mu byiciro bya nyuma byo gusohora alubumu ye yise Break The Chains. "Iyi alubumu igamije kwerekana icyerekezo cy’ahazaza, gushyira mu bikorwa ibyo twatekereje, gushaka amahirwe,...
Umunyapolitiki w’Umunya-Uganda Dr. Kizza Besigye, uzwi cyane mu guhangana na Leta ya Perezida Yoweri Museveni, yaburiwe irengero ubwo yari i Nairobi muri Kenya. Ibi byabaye tariki ya 16 Ugushyingo 2024, ubwo yari yitabiriye ibirori byo kumurika igitabo cya...
Davido yizihiza isabukuru y’imyaka 32 atanga inkunga irenga miliyoni 250 Frw Umuhanzi ukomeye mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke wamamaye ku izina rya Davido, yatangaje ko isabukuru ye y’imyaka 32 azayizihiza atanga inkunga y’amafaranga angana na miliyoni 300...
Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2024 ubwo yari yagiye gushyigikira umukandida w’ishyaka NRM ku mwanya w’umudepite akaba n’umujyanama we mu bijyanye n’ubuhinzi, Rose Kabagyeni.
Megan Fox niwe watangaje ko akuriwe yifashishije ifoto yashyize ku rubuga rwa Instagram. Yayikurikije indi igaragaza ipimo by’uko atwite. Anakora ‘tag’ umukunzi we kuri aya mafoto. Arangije yandikaho amagambo, ati “Nta cyatakaye, ikaze na none.”