Uruganda rukora ibisasu runini kurusha izindi i Burayi, MBDA, rurashinjwa kugurisha ibice by’ingenzi by’ibisasu byoherejwe ari ibihumbi muri Israel, aho byakoreshejwe mu bitero byahitanye abana n’abasivile b’Abanya-Palestine. Ikinyamakuru The Guardian ku bufatanye n’ibindi bitangazamakuru byigenga Disclose na Follow the...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iperereza ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bikekwa kuri Jeffrey Epstein bidakwiye guteza impagarara. Yavuze ko iryo perereza “ridashishikaje” kandi ko rihangayikishije “abantu babi” gusa. Ariko yongeyeho...
Nibura abantu basaga 20 bo muri Palesitine bapfiriye mu mvururu zabereye ahatangirwa ibiribwa mu majyepfo ya Gaza, ahari hateguwe ibikorwa n’Ikigo cy’Ubutabazi Gaza Humanitarian Foundation (GHF), gishyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibyo byabaye nyuma y’uko abashinzwe...
Leta ya Israel yisanze mu ntambara y’amagambo n’igisirikare cyayo ndetse n’abanyapolitiki bayo, kubera umushinga mushya wo kubaka inkambi y’Abanya-Palestine mu majyepfo ya Gaza. Ni igitekerezo cyiswe “umujyi w’ubutabazi” (humanitarian city), cyafashwe n’abatari bake nk’uburyo bushya bwo gushyira abaturage...
Abayobozi ba Ukraine bishimiye itangazo rya Donald Trump ryo kohereza intwaro z’agaciro ka miliyari z’amadolari mu gihugu cyabo, mu gihe u Burusiya bwabirwanyije buvuga ko ari amagambo adafite ishingiro n’igitutu kitarimo ubushobozi. Ibi byatangajwe mu nama yabereye muri...
Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82, ubwo yari arwariye mu mujyi wa London mu Bwongereza. Nyuma y’urupfu rwe, yajyanywe i Nigeria kugira ngo ashyingurwe mu mahoro mu karere yavukiyemo ka Katsina. Guverineri...
Mu Ukuboza 2024, ibitangazamakuru birimo BBC byatangarijwe n’abashinzwe ubutasi bwa Ukraine ko bwishe Jenerali w’Uburusiya Igor Kirillov. Wishwe arashwe mu murwa mukuru Moscow, mu gitero cyo ku itariki ya 12 Ukuboza. Nyuma y’amezi make, ku itariki ya 4...
Komite ishinzwe iperereza n’umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza (ISC) , yatangaje ko Leta ya Iran iri inyuma y’ibikorwa bigamije kwica, gutera ubwoba, no gucungira hafi Abanya-Iran baba mu Bwongereza batavuga rumwe na yo. Ibi bikorwa, ngo...
Bimwe mu bihugu bikennye cyane ku isi byatangiye kwishyura miliyoni z’amadolari abashaka inyungu mu mahanga (lobbyists), bafitanye isano n’abahoze mu buyobozi bwa Donald Trump, kugira ngo bibone ubufasha Amerika yakuyeho burimo inkunga n’imfashanyo y’ubutabazi. USAID, ikigo cyafashije ibihugu...
Muri Gaza, abaganga bavuga ko buri munsi bakira indembe nyinshi cyane ku buryo zimwe bazishyira ku buriri, izindi ku butaka, ndetse hari n’igihe babura aho bazishyira. Ibi byose byatewe no kwakira abantu buri munsi barashwe barushaho kwiyongera, cyane...