Abasirikare batatu b’Ingabo za Uganda (UPDF) baguye mu mpanuka y’imodoka yabaye ku wa 28 Nyakanga 2025, mu mujyi wa Bunia, Intara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyo mpanuka yabaye ubwo imodoka ya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko nyakwigendera Jeffrey Epstein yamwibye abakozi bakiri bato barimo na Virginia Giuffre, ubwo yabakuraga kuri club ye ya Mar-a-Lago, aho bakoraga mu gice cya spa Ibi Trump yabivuze...
Amatsinda y'abanditsi, abahanzi, abahanga n’abandi bantu bazwi cyane muri Isael banditse ibaruwa isaba ko isi ishyiraho ibihano bikomeye kuri Leta yabo kubera uburyo iri kwifashisha inzara nk’intwaro yo guhana abaturage ba Gaza. Iyi baruwa yashyizweho umukono n’abantu 31...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iyo adatanga umusanzu mu biganiro by’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibyo biganiro bitari kubaho, ahubwo ibintu byari kurushaho kuba bibi cyane....
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko we n’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaze kugera ku masezerano agamije gukemura ibibazo by’ubucuruzi byari bimaze amezi ane byugarije impande zombi, ndetse bikaba byari hafi guteza intambara y’ubucuruzi...
Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, nyuma y’aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo kubaka urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile. Mu minsi ishize ni bwo Perezida Trump...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko ingabo za Israeli zagabye ibitero ku icumbi ry’abakozi baryo n’ububiko bukuru bwari i Deir al-Balah, mu Majyepfo ya Gaza, ku wa Mbere, tariki 21 Nyakanga 2025. OMS ivuga ko...
Uruganda rukorera mu Bwongereza rukora imodoka za Jaguar na Land Rover, ruzwi nka Jaguar Land Rover (JLR), rwatangaje gahunda yo kugabanya abakozi barenga 500 bo mu myanya y’ubuyobozi, nyuma y’ingaruka z’imisoro yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika....
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), byatangaje ko Donald Trump arwaye indwara y’imitsi izwi nka ‘chronic venous insufficiency’, ishobora gutera amaguru n’ibirenge kubyimba. Iyi ndwara, yibasira imitsi yo mu maguru, ituma amaraso adatembera...
Washington, USA – Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yahaye Umunyamategeko Mukuru, Pam Bondi, amabwiriza yo gusaba ko ubuhamya bwatanzwe n’abatangabuhamya mu rubanza rwa Jeffrey Epstein, bushyirwa mu ruhame. Ibi yabikoze mu rwego...