Abayobozi ba Ukraine bishimiye itangazo rya Donald Trump ryo kohereza intwaro z’agaciro ka miliyari z’amadolari mu gihugu cyabo, mu gihe u Burusiya bwabirwanyije buvuga ko ari amagambo adafite ishingiro n’igitutu kitarimo ubushobozi. Ibi byatangajwe mu nama yabereye muri...
Muhammadu Buhari wahoze ari Perezida wa Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82, ubwo yari arwariye mu mujyi wa London mu Bwongereza. Nyuma y’urupfu rwe, yajyanywe i Nigeria kugira ngo ashyingurwe mu mahoro mu karere yavukiyemo ka Katsina. Guverineri...
Mu Ukuboza 2024, ibitangazamakuru birimo BBC byatangarijwe n’abashinzwe ubutasi bwa Ukraine ko bwishe Jenerali w’Uburusiya Igor Kirillov. Wishwe arashwe mu murwa mukuru Moscow, mu gitero cyo ku itariki ya 12 Ukuboza. Nyuma y’amezi make, ku itariki ya 4...
Komite ishinzwe iperereza n’umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza (ISC) , yatangaje ko Leta ya Iran iri inyuma y’ibikorwa bigamije kwica, gutera ubwoba, no gucungira hafi Abanya-Iran baba mu Bwongereza batavuga rumwe na yo. Ibi bikorwa, ngo...
Bimwe mu bihugu bikennye cyane ku isi byatangiye kwishyura miliyoni z’amadolari abashaka inyungu mu mahanga (lobbyists), bafitanye isano n’abahoze mu buyobozi bwa Donald Trump, kugira ngo bibone ubufasha Amerika yakuyeho burimo inkunga n’imfashanyo y’ubutabazi. USAID, ikigo cyafashije ibihugu...
Muri Gaza, abaganga bavuga ko buri munsi bakira indembe nyinshi cyane ku buryo zimwe bazishyira ku buriri, izindi ku butaka, ndetse hari n’igihe babura aho bazishyira. Ibi byose byatewe no kwakira abantu buri munsi barashwe barushaho kwiyongera, cyane...
Ibiganiro bigamije guhagarika intambara hagati ya Israël na Hamas bikomeje kugenda biguru ntege, nubwo impande zombi zagaragaje ubushake bwo kugera ku masezerano y'amahoro, agamije guhagarika imirwano imaze amezi 21. Abategetsi ba Qatar, bacumbikishije ibiganiro i Doha, batangaza ko...
Kuri uyu wa Kabiri, ishyirahamwe ry’abakozi mu Bwongereza ryatangaje ko abaganga bagiye mu myigaragambyo, bikaba byateje impungenge ku mikorere y’ibitaro bya Leta. Ibi bibaye mu gihe Guverinoma yari imaze gutangaza ko yatangiye kunoza serivisi z’ubuvuzi. Aba baganga, bamenyerewe...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, aritegura uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bwongereza ruzabanzirizwa n’ibirori bikomeye, rukazibanda ku guteza imbere umubano w’ibi bihugu byombi mu bukungu, umutekano n’imibanire mpuzamahanga. Ni bwo bwa mbere Macron azasura u Bwongereza mu buryo bwemewe,...
Texas, USA – Abana 27 n’abarimu babo bahitanywe n’imyuzure itunguranye yibasiye inkambi y’abakobwa izwi nka Camp Mystic, iherereye ku nkengero z’umugezi wa Guadalupe, muri Leta ya Texas. Ubuyobozi bw’iyi nkambi bwatangaje ko aya makuba yabaye kuva ku wa...