Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko we n’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaze kugera ku masezerano agamije gukemura ibibazo by’ubucuruzi byari bimaze amezi ane byugarije impande zombi, ndetse bikaba byari hafi guteza intambara y’ubucuruzi...
Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, nyuma y’aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo kubaka urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile. Mu minsi ishize ni bwo Perezida Trump...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko ingabo za Israeli zagabye ibitero ku icumbi ry’abakozi baryo n’ububiko bukuru bwari i Deir al-Balah, mu Majyepfo ya Gaza, ku wa Mbere, tariki 21 Nyakanga 2025. OMS ivuga ko...
Uruganda rukorera mu Bwongereza rukora imodoka za Jaguar na Land Rover, ruzwi nka Jaguar Land Rover (JLR), rwatangaje gahunda yo kugabanya abakozi barenga 500 bo mu myanya y’ubuyobozi, nyuma y’ingaruka z’imisoro yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika....
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), byatangaje ko Donald Trump arwaye indwara y’imitsi izwi nka ‘chronic venous insufficiency’, ishobora gutera amaguru n’ibirenge kubyimba. Iyi ndwara, yibasira imitsi yo mu maguru, ituma amaraso adatembera...
Washington, USA – Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yahaye Umunyamategeko Mukuru, Pam Bondi, amabwiriza yo gusaba ko ubuhamya bwatanzwe n’abatangabuhamya mu rubanza rwa Jeffrey Epstein, bushyirwa mu ruhame. Ibi yabikoze mu rwego...
Uruganda rukora ibisasu runini kurusha izindi i Burayi, MBDA, rurashinjwa kugurisha ibice by’ingenzi by’ibisasu byoherejwe ari ibihumbi muri Israel, aho byakoreshejwe mu bitero byahitanye abana n’abasivile b’Abanya-Palestine. Ikinyamakuru The Guardian ku bufatanye n’ibindi bitangazamakuru byigenga Disclose na Follow the...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iperereza ku byaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bikekwa kuri Jeffrey Epstein bidakwiye guteza impagarara. Yavuze ko iryo perereza “ridashishikaje” kandi ko rihangayikishije “abantu babi” gusa. Ariko yongeyeho...
Nibura abantu basaga 20 bo muri Palesitine bapfiriye mu mvururu zabereye ahatangirwa ibiribwa mu majyepfo ya Gaza, ahari hateguwe ibikorwa n’Ikigo cy’Ubutabazi Gaza Humanitarian Foundation (GHF), gishyigikiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibyo byabaye nyuma y’uko abashinzwe...
Leta ya Israel yisanze mu ntambara y’amagambo n’igisirikare cyayo ndetse n’abanyapolitiki bayo, kubera umushinga mushya wo kubaka inkambi y’Abanya-Palestine mu majyepfo ya Gaza. Ni igitekerezo cyiswe “umujyi w’ubutabazi” (humanitarian city), cyafashwe n’abatari bake nk’uburyo bushya bwo gushyira abaturage...