Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Spice Diana yatangaje ko yumva igihe cye cyo gushyira ku mugaragaro urukundo rwe cyegereje, cyane cyane nyuma yo kubona bagenzi be b’abahanzi b’abagore batangira kurushinga no kwambikana impeta. Ibi abivuze nyuma yo kwitabira ibirori byo byo...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Lydia Jazmine, yatangaje ko nta muhanzi urusha Tracy Melon gukora ibikorwa bikomeye mu muziki muri uyu mwaka wa 2025, bityo ko akwiye guhabwa igihembo cy’Umuhanzi w’Umwaka. Tracy Melon yatangiye kumenyekana muri 2021 ubwo yabaga...
Nkosinathi Emmanuel Nathi Mthethwa, wari Ambasaderi wa Afurika y’Epfo mu Bufaransa, yasanzwe muri hoteli i Paris yapfuye, iperereza ry’ibanze rikavuga ko ashobora kuba yiyahuye. Iyi nkuru yamenyekanye ku wa 30 Nzeri 2025, Ubwo umurambo we wasangwaga mu mbuga...
Ni inkuru itangaje kuyumva cyangwa se kuyibarira abantu bo mu bihugu bibyara nka kumwe bivugwa muri Bibiliya"Mubyare mwuzure isi mube nk'umucanga wo ku nyanja"Siko bimeze mu Bugereki, igihugu kiri ku mugabane w'u Burayi. Mu gihe itangira ry'amashuri ririmbanyije...
Urukiko rwa Bioko muri Guinea Equatoriale ku wa Gatatu rwakatiye igifungo cy’imyaka umunani Baltasar Ebang Engonga, uwahoze ari umuyobozi ukomeye mu Ikigo gishinzwe iperereza ku bijyanye n’imari, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kunyereza umutungo. Uyu mugabo kandi yigeze...
Donald Trump yatangaje ko yizeye ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yiteguye kugirana amasezerano ku ntambara yo muri Ukraine, mu gihe bombi bitegura guhura mu nama izabera muri Alaska ku wa Gatanu. Ariko icyifuzo cya Trump ni uko...
Dean Cain, wamenyekanye kubera gukina uruhererekane rwa firime ya Superman mu 1990 "Lois & Clark: The New Adventures of Superman," yatangaje ko agiye kwinjira mu Ishami rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe Abinjira n’Abasohoka (U.S. Immigration and...
Ibihugu byinshi ku Isi biri guhura n’imbogamizi zikomeye kubera icyemezo gishya cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, cyashyizeho imisoro mishya yihariye ku bicuruzwa bituruka mu mahanga. Iyo misoro izwi ku izina rya "reciprocal tariffs"...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yageze ku masezerano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yo kwakira abimukira bagera kuri 250, mu rwego rwo gufatanya mu gukemura ibibazo byugarije isi by’abimukira. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u...
Guhera ku wa 12 Ukwakira 2025, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, uzatangira gukoresha ikoranabuhanga ryo gufata amafoto y’amasura, ibikumwe n’amakuru ya pasiporo ku mipaka, rizasimbura uburyo busanzwe bwo gutera kashe muri za pasiporo, ku bantu badakomoka mu bihugu biwugize....