• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Baltasar Ebang Engonga yahamijwe icyaha cyo kunyereza umutungo akatirwa imyaka 8

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Urukiko rwa Bioko muri Guinea Equatoriale ku wa Gatatu rwakatiye igifungo cy’imyaka umunani Baltasar Ebang Engonga, uwahoze ari umuyobozi ukomeye mu Ikigo gishinzwe iperereza ku bijyanye n’imari, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kunyereza umutungo.

Uyu mugabo kandi yigeze kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho y’urukozasoni yagiye hanze aryamanye n’abagore b’abayobozi bo muri ikigihugu.

Nk’uko byatangajwe na Hilario Mitogo, umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri Urukiko rw’Ikirenga, Engonga yakatiwe nyuma yo guhamwa no kunyereza amafaranga yavugwaga ko ari ay’urugendo rw’akazi, ariko akayakoresha ku nyungu ze bwite.

Engonga wari ufite izina ry’akabyiniriro “Bello”, n’abandi bayobozi batanu bakomeye, bose bashinjwaga kunyereza amafaranga abarirwa mu bihumbi byinshi by’amadolari muri iki gihugu gifite umutungo kamere wa peteroli.

Mu Ugushyingo, ubwo yari afunzwe akurikiranweho ibyaha ibirimo ku nyereza amafaranga, amashusho y’urukozasoni yafatiwe mu biro bye ndetse yanasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, bituma avugwa ku isi yose. Aya mashusho yateje urunturuntu u’udushya two kuri murandasi, harimo indirimbo, imbyino, ndetse n’ibyapa byamamazaga umuti w’urushinge w’ikinamico bise “Balthazariem”.

Urukiko rw’Intara rwahanishije Engonga igifungo cy’imyaka umunani ndetse n’ihazabu ya $220,000, nk’uko Mitogo yakomeje abibwira ibinyamakuru.

Previous Post

Diamond Platnumz na Ciara bashyize hanze “Low”

Next Post

Killian Mbappé akunda Davido

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Impaka zikomeye zongeye kubura mu muziki mpuzamahanga, nyuma y’uko Fat Joe atangaje ko injyana ya Afrobeats yaba yarakomotse muri Jamaica—amagambo...

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Mu 2018, umugore yaje muri Laboratwari y'irangamimerere muri Kaminuza Nkuru ya Colombia: yari afite impanga z'abahungu yari yarabyaye imyaka ibiri...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Next Post
Killian Mbappé akunda Davido

Killian Mbappé akunda Davido

Zari Hassan yagaragaje agahinda nyuma y’uko umugabo we antsinzwe

Zari Hassan yagaragaje agahinda nyuma y'uko umugabo we antsinzwe

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats
Imyidagaduro

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.