Mu gihe abandi bahanzi benshi bizihiza isabukuru y’imyaka bamaze mu muziki binyuze mu bitaramo bikomeye bibera i Kigali cyangwa mu mijyi minini, Senderi International Hit yahisemo inzira idasanzwe, kugaruka mu baturage bamukuze no kubataramira aho bari hose mu...
Miss Mutesi Jolly, ukunzwe cyane mu rwanda ufatirwaho icyitegererezo n abandi bakobwa, uherutse kugura imodoka ihagaze miliyoni zigera muri 400 ni muntu ki ni mwene nde?. Mutesi Jolly yavutse tariki 15 Ugushyingo 1996, avukira mu gihugu cya Uganda....
Ama G The Black yatangaje uko afata Rev Dr Antoine Rutayisire nk’umuwarimu w’ubuzima kandi wamufashije gukora indirimbo ze. Umuraperi Hakizimana Amani uwamamaye nka Ama G The Black uzwiho gukora indirimbo zifite ubutumwa bukomeye kandi zigaragaza ubuzima bwa muntu,...
Mu gihe bamwe mu bahanzi bakunze kugaragara batinya kugaruka ku ngingo ziremereye zibahuza n’amarangamutima cyangwa se ibyabaye mu buzima bwabo bwite, Ama G The Black we yahisemo kutihisha inyuma y’ijambo. Uyu muraperi ukunze kugaragara avuga ku buzima bwe...
Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi ze, ahubwo atiyumvisha ukuntu byatinze kugeza ubwo bimusabye hafi imyaka umunani kugira ngo abigereho bakorane iyo bise ‘Everthing’. Ibi Marina yabigarutseho nyuma y’uko Riderman asohoye iyi ndirimbo ‘Everything’...
Nyuma y’imyaka itatu adakorera ibitaramo mu Rwanda, Christopher agiye guhurira mu gitaramo na Siji ugezweho i Burundi. Uyu muhanzi azaririmba mu gitaramo ‘The Somnia Mix’ kizabera muri Zaria Court ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni igitaramo Christopher azahuriramo...
Uwahoze ayobora ibikorwa by'itsinda rya GoodLyfe, Chagga, yagarutse ku buhanga budasanzwe bwa Mowzey Radio, asobanura ko yari umwe mu bahanga b'abanditsi b’indirimbo bafite impano idasanzwe Uganda yigeze kugira. Mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube channel, Chagga yavuze ko Radio...
Umuririmbyikazi akaba n’umukinnyi wa filime, Kim Kardashian, yagaragaye ku itapi itukura yambaye ikanzu y’ubururu itangaje, maze nyuma y’amasaha make yongera ku garagara yambaye undi mwambaro ajya kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 45 i Paris. Uyu munyabigwi, wari uherutse kwizihiza...
Iserukiramuco ‘Oldies Festival’ rigiye kongera kuba, aho abagore bahawe umwihariko wo kuzafata umwanya munini mu gususurutsa abazaba baryitabiriye. Basile Uwimana uri gutegura iri serukiramuco yavuze ko by’umwihariko, bazibanda ku guhesha agaciro abagore, aho bazagira uruhare rugaragara mu myidagaduro,...
Byari iby’agaciro kongera guhura n’umuvandimwe nyuma y’igihe kinini dore ko twaherukanaga mbere y’induru. Aya ni amagambo ya Madebeats nyuma yo kongera guhura na The Ben bari bamaze igihe umwuka atari mwiza. Madebeats yabibwiye IGIHE nyuma y’uko hasohotse amashusho...