• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bad Black yatangaje ko akoresha uburyo gakondo bwo kwirinda gusama

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 6, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Bad Black yamaze gutangaza impamvu adashobora gukoresha uburyo bugezweho bwo kwirinda gusama inda, avuga ko akenshi yiyambaza uburyo bwo gukuramo mbere y’igihe cy’imibonano (withdrawal method).

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Bad Black yavuze ko atinya gukoresha bwa kijyambare bwo kwirinda gusama, avuga ko bushobora kugira ingaruka ku isura ye, ndetse bishobora gutuma asa “nk’umucecuru” (mannequin).

Yagize ati: “Ndumva bishobora gutuma isa n’umukino w’amashusho. Nkuramo mbere y’igihe kandi ndabyizera cyane si nasama.”

Uyu mubyeyi w’abana batanu yasobanuye ko gukuramo mbere y’igihe ari bwo buryo akunda kandi akoresha kenshi kuva kera, kandi ko yifashisha imiti yihutisha kurinda gusama inda bitateganyijwe(emergency contraceptives) gusa mu gihe cyihutirwa cyane.

Bad Black yakomeje avuga ko imiti yo kwirinda gusama inda ihenda, ndetse imugora gukoresha kenshi; avuga ko ibiciro byayo bishobora kugera hafi ya Shs 60,000, ariyo mpamvu atayikoresha keretse ari ngombwa cyane.

N’ubwo uburyo bwe budasanzwe, Bad Black avuga ko yishimira amahitamo ye kandi yizeye icyo umubiri we ukeneye.

Ibi byose abivuze mu gihe Bad Black ari gutegura ibihe bishya mu buzima bwe. Ubu arimo gutegura ubukwe bwe n’umukunzi we, Asha Panda, buzaba mu kwezi kwa Gashyantare.

Ndetse aba bombi bamaze no kwiyereka imiryango yabo  kwezi gushize, bikaba byari intambwe bateye mu rugendo rwabo rwo kurushinga.

Previous Post

Nandor Love yatangaje ko aticuza ku gisubizo yasubije Bebe Cool

Next Post

Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
14 minutes ago

Impaka zikomeye zongeye kubura mu muziki mpuzamahanga, nyuma y’uko Fat Joe atangaje ko injyana ya Afrobeats yaba yarakomotse muri Jamaica—amagambo...

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Next Post
Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Urukiko rwemeye ko Dj Toxxyk ahabwa umwanya wo kwitegura urubanza rwe

Urukiko rwemeye ko Dj Toxxyk ahabwa umwanya wo kwitegura urubanza rwe

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo ubumara

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y'abana bivugwa ko arimo ubumara

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats
Imyidagaduro

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.