• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Sunday, June 14, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Bad Black yatangaje ko akoresha uburyo gakondo bwo kwirinda gusama

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 6, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Bad Black yamaze gutangaza impamvu adashobora gukoresha uburyo bugezweho bwo kwirinda gusama inda, avuga ko akenshi yiyambaza uburyo bwo gukuramo mbere y’igihe cy’imibonano (withdrawal method).

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Bad Black yavuze ko atinya gukoresha bwa kijyambare bwo kwirinda gusama, avuga ko bushobora kugira ingaruka ku isura ye, ndetse bishobora gutuma asa “nk’umucecuru” (mannequin).

Yagize ati: “Ndumva bishobora gutuma isa n’umukino w’amashusho. Nkuramo mbere y’igihe kandi ndabyizera cyane si nasama.”

Uyu mubyeyi w’abana batanu yasobanuye ko gukuramo mbere y’igihe ari bwo buryo akunda kandi akoresha kenshi kuva kera, kandi ko yifashisha imiti yihutisha kurinda gusama inda bitateganyijwe(emergency contraceptives) gusa mu gihe cyihutirwa cyane.

Bad Black yakomeje avuga ko imiti yo kwirinda gusama inda ihenda, ndetse imugora gukoresha kenshi; avuga ko ibiciro byayo bishobora kugera hafi ya Shs 60,000, ariyo mpamvu atayikoresha keretse ari ngombwa cyane.

N’ubwo uburyo bwe budasanzwe, Bad Black avuga ko yishimira amahitamo ye kandi yizeye icyo umubiri we ukeneye.

Ibi byose abivuze mu gihe Bad Black ari gutegura ibihe bishya mu buzima bwe. Ubu arimo gutegura ubukwe bwe n’umukunzi we, Asha Panda, buzaba mu kwezi kwa Gashyantare.

Ndetse aba bombi bamaze no kwiyereka imiryango yabo  kwezi gushize, bikaba byari intambwe bateye mu rugendo rwabo rwo kurushinga.

Previous Post

Nandor Love yatangaje ko aticuza ku gisubizo yasubije Bebe Cool

Next Post

Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Winnie Wa Mummy ahagaritswe mu igitaramo mu buryo butunguranye

Urukiko rwemeye ko Dj Toxxyk ahabwa umwanya wo kwitegura urubanza rwe

Urukiko rwemeye ko Dj Toxxyk ahabwa umwanya wo kwitegura urubanza rwe

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y’abana bivugwa ko arimo ubumara

Nestlé yakuye ku isoko mpuzamahanga amwe mu mata y'abana bivugwa ko arimo ubumara

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.