Wizzar OG umwe mubahanzi bakoje gushyira hanze indirimbo shya kandi nshi, ubu yihuje na Pallaso, Umuyobozi wa Team Good Music, witwa Pius Mayanja, ashimishwa n'uko bahuye. Pallaso yahuye na Wizzar OG, umuhanzi w’Umugande uba mu Budage, mu gihe...
kuri uyu wa Gatanu mu gihe abantu bitegura kwinjira muri weekend, abahanzi barimo Sheebah Karungi, Rickman, Tracy Melon, Kataleya na Kandle n’abandi bahanzi bakomeye muri Uganda bashyize hanze amashusho y’indirimbo zabo mashya. Sheebah Karungi, yatangaje ko indirimbo ye...
Umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, aratangaza ko icyemezo gikomeye yafashe mu mwuga we w’umuziki: aho yanze gusinya amasezerano yatanzwe n’ama label akomeye ku isi, arimo Sony Music, Warner Music, Disney, na Universal Music Group. Kenzo avuga...
Sheebah Karungi yasabye abagabo gushyira imbere kubaka cyangwa gukodesha amazu yabo bwite niba bashaka gukomeza kubahwa mu mubano wabo. Ibi abivuze nyuma y'uko mu byumweru bishize umupasiteri wo muri ikigihugu avuze ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi....
Ndayishimiye Samson Perezida w'ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda FERWACY, aratangaza ko isinganwa ry'amagare ngarukamwaka mu Rwanda rizenguruka mu bice bitandukanye by’igihugu rya Tour du Rwanda risanzwe riri ku rwego rwa 2,1 kuva muri 2019, rishobora kuzamurirwa urwego rikaba...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje gutera imbere, bamwe mu bahanzi bawugize bagenda bahura n'imbogambizi zitandukanye zitari mu ruganda rw’imyidagaduro. Umuhanzi Yampano, wamenyekanye mu indirimbo zitandukanye, yahuye n’ihungabana rikomeye nyuma y’uko amashusho ye y’urukozasoni yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga. usibye...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje guhindura isura, hari abahanzi bahisemo kudasiga umuco n’amateka y’abenegihugu inyuma. Muri abo harimo Yvan Muziki, umuhanzi ukora injyana gakondo wiyemeje gusigasira “Inganzo” nyayo y’u Rwanda, binyuze mu bihangano bifite umuco n’ubutumwa. Kuri ubu,...
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Christopher Muneza yashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga busaba abantu kujya batekereza kabiri mbere yo gushyira ibitekerezo n’amafoto kuri konti zabo, agaragaza impungenge ku buryo imbuga nkoranyambaga ziri kugira ingaruka ku bana bato. Abinyujije kuri...
Umuhanzi Mark Bugembe wamamaye ku izina rya Buchaman, yatangaje amakur nyuma y’indirimbo ya Bobi Wine na Juliana Kanyomozi yitwa “Taata Wabana”, avuga ko uburyo iyo ndirimbo yakozwe mu buryo bwuzuye amarangamutima n’ubuzima bwo muri ghetto. Buchaman yavuze ko...
Eddy Kenzo, yagaragaje ibyishimo yinshi nyuma yo kumenya ko indirinbo ye yise “Hope and Love” yakoranye n’umuhanga mu gukora umuziki wo muri Iraki, Mehran Martin, yahawe igihembo cya Grammy Awards. Kenzo yavuze ko ayo makuru yayamenye bitunguranye ubwo...