Umukinnyi w’ikirangirire muri sinema muri Leta zuze ubumwe z'Amerika Nicolas Cage, wegukanye igihembo cya Oscar, ari mu biganiro byo kugaragara mu ruhererekane rw’ikinamico rwakunzwe cyane rwa True Detective, ku nshuro yarwo ya gatanu, ururuhererekane rwibanda cyane ku byaha...
Umuraperi Thabo Mahlwele wamamaye nka Touchline Truth ukomoka muri Afurika y’Epfo, utegerejwe mu gitaramo cya ‘Music in Space World Tour’, kigiye guhuriramo abahanzi batandukanye baturutse mu bihugu byo muri Afurika no hirya yayo; Uyu muhanzi akaba yageze mu...
ku wa 23 Kanama 2025 hari kuzaba Music in Space, igitaramo cyari kuzabera muri Camp Kigali Igitaramo cyarimo abahanzi; The Ben, Kenny Sol, Bushali, Ariel Wayz n'abo hanze y'u Rwanda cyahagaritswe kibura iminsi ibiri bitewe n'uburwayi bwa Bjorn...
Mu myaka icumi ishize, injyana ya Afrobeats yakomeje kwigarurira imitima y’abakunzi y'abatari bake ku isi. Kuva ubutumire bwo kuririmba ku rubyiniro rukomeye ku isi, ku bufatanye n’ibyamamare byo mu Burengerazuba nka Beyoncé, Drake na Ed Sheeran, Afrobeats imaze...
Umuyobozi wa Universal Music Group (UMG), Lucian Grainge, yongeye kuza ku isonga ku rutonde rwa Billboard rw’abayobozi ba muzika bahembwa menshi kurusha abandi, akaba ari inshuro ya gatatu mu myaka ine, nubwo uyu mwaka yatsinze ku kigero gito....
Ibitaramo bya MTN Iwacu na Muzika Festival byazengurutse igihugu bigera mu bice bitandukanye bisiga bitanze akazi, ibyishimo n’isomo ku babyitabiriye. Ni ibitaramo byarimo abahanzi; Nel Ngabo, King James, Riderman, Bull Dogg, Juno Kizigenza, Ariel Wayz na Kivumbi King....
Icyamamare mu muziki wa Afrobeats, Iyanya yateguje abafana be kubaha album nshya agahita atangira urugendo rw’ibitaramo muri Amerika. Iyanya abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yabwiye abafana be ko ku wa 12 Nzeri 2025 azashyira hanze album ya gatanu....
Umuhanzi King James yatangiye imyiteguro y’igitaramo azizihirizamo imyaka 20 ari mu muziki. Kinga James yari umuhanzi mukuru mu bitaramo bya MTN Iwacu na Muzika Festival byasorejwe I Rubavu ku wa 16 Kanama 2025 kuri sitade ya Nengo. Umuhanzi...
Abahanzi Bull Dog, Jay C na Bull Dog hari amashusho yabo akomeje gucaracara bari kurwana n’abafana b’I Rubavu mu kabari kitwa kwa Nyanja kari hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika iharanira ya Congo. Mu ijoro ryo ku wa...
Dokta Brain, Pastor Wilson Bugembe, Mudra, Cindy Sanyu na Kin Bella bamaze gusohora amashusho y’indirimbo zabo nshya. 1. Dembele – Dokta BrainDokta Brain yagaruye ubuhanga bwe mu ndirimbo ‘Dembele,’ yari imaze kumenyekana cyane ubwo A Pass yayihinduraga. Nyuma...