• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, June 15, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuryango wa Babby Gloria wateye utwatsi ibihaha bivugwa ku mbuga nkoranyambaga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 20, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Umuryango w’umuhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Baby Gloria, watangaje ko utemeranywa n’ibihuha bimaze iminsi bikwirarakwira ku mbuga nkoranyambaga, bivuga ko urugo rw’uyu muhanzikazi Baby, ruri mu marembera, ibi bihuha bije nyuma y’igihe cy’amezi make gusa bashinze urugo.

Mu munsi ishiz, ku mbuga nkoranyambaga yagiye havugwa amakuru, avuga ko umugabo wa Baby Gloria batameranye neza, hari n’andi makuru avuga ko Jonas Mbaleka, yaba afitenye umubano w’ibanga na mushiki we muto, Jolly Mirembe Ssenyonjo.

Biravugwa ko Jolly Mirembe Ssenyonjo yaba ri mu mubano wihariye n’umugabo wa Baby Gloria

Gusa nanone uyu muryango wahakanye ibi bivugwa wivuye inyuma, uvuga ko ari ibinyoma, bigamije guharabika no kwandagaza ndetse no guteza umwiryane mu muryango.

Na Jolly Mirembe ubwe yihutiye guhakana anasubiza kuri ibibyavuzwe, abinyujije ku rubuga rwe rwa Snapchat,  avuga ko ibyo bivuga nta kuri kubirimo.

Yagize ati: “Iyo nza Kuba nkundana n’umugabo we, ubu mba ndi kumwe n’umugabo wa Baby Gloria. Ibi byagaragaje ko ibi bihuha bidafite inshingiro bidashidikanywaho na gato.

Previous Post

Alien Skin yasabye abahanzi kureka politike bakongera kwibanda ku muziki

Next Post

Mutebi Ramanthan yatangaje ko ashaka kujyana mu rukiko ikigo cy’gihugu gishinzwe amatora muri Uganda

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Mutebi Ramanthan yatangaje ko ashaka kujyana mu rukiko ikigo cy’gihugu gishinzwe amatora muri Uganda

Mutebi Ramanthan yatangaje ko ashaka kujyana mu rukiko ikigo cy’gihugu gishinzwe amatora muri Uganda

Uganda: Umuraperi Derrick Katongole yatangaje ko atemera ibyavuye mu matora

Uganda: Umuraperi Derrick Katongole yatangaje ko atemera ibyavuye mu matora

Uganda: Nyuma yo guhunga: Simfite uko nahindura imyenda – Bobi Wine, ndashaka gusubira mu rugo

Uganda: Nyuma yo guhunga: Simfite uko nahindura imyenda - Bobi Wine, ndashaka gusubira mu rugo

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.