Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Kasirye Martin uzwi cyane nka MC Tino, yatangaje uko umunya-Nigeria Ayra Starr yamuhaye amadorali ubwo bari bahuriye muri ‘Back Stage’ avuye gufasha The Ben ku rubyiniro mu gitaramo cyabaye ku iserukiramuco rya Giants of Africa....
Umuhanzikazi Bwiza Emerance, uzwi nka Bwiza, yatangaje ko ari mu myiteguro y’ibitaramo bikomeye bizazenguruka ibihugu bitandukanye ku isi, bizwi nka “World Tour”. Ni ubwa mbere agiye gutangira gahunda nk’iyi, igamije kumufasha kumenyekanisha ibihangano bye no kwagura isoko ry’umuziki...
Umuhanzikazi Spice Diana, arakangurira abantu bakora mu ruganda rw’imyidagaduro kumenya no guha agaciro umuryango no kuwufata nk’ingenzi, kuko ari isoko y’ihumure n’inyungu mu bihe bitoroshye. Nubwo kugeza ubu atarabona umwana we bwite, Spice Diana avuga ko kubyara ari igice...
Umuhanzi w'icyamamare w’Umunyamerika Morgan Wallen yongeye kwicara ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Billboard 200 ku nshuro ya 10, nubwo atari ibyumweru bikurikiranye byose. Abikesha album ye nshya 'I’m the Problem' Nk’uko bitangazwa na Luminate, mu cyumweru...
Umuhanzi Nel Ngabo uri kwitwara neza mu bitaramo bya Iwacu na Muzika Festival yabimburiye abandi bahanzi ku rubyiniro. Ni iserukiramuco ryabereye mu karere ka Muhanga mu ntara y'amajyepfo.Ibi bitaramo biri kubera I Muhanga muri stade y'umupira w'amaguru. Ni...
Kera mu mashuri, umwana wagiraga amanota 100% mu bizamini ni we witwaga umuhanga. Bagenzi be baramutinyaga, abarimu n’ababyeyi bakamushima ko arusha abandi ubwenge. Mu Rwanda, iyi myumvire yamaze igihe kinini, amanota afatwa nk’igipimo cy’ubwenge. Ariko abahanga mu burezi...
Dean Cain, wamenyekanye kubera gukina uruhererekane rwa firime ya Superman mu 1990 "Lois & Clark: The New Adventures of Superman," yatangaje ko agiye kwinjira mu Ishami rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe Abinjira n’Abasohoka (U.S. Immigration and...
Jennifer Lopez, umuhanzikazi w’icyamamare w’imyaka 56, yagerageje gusura iduka rya Chanel i Istanbul ku wa Mbere tariki 4 Kanama, ariko ntiyabashije kwinjira kubera umubare munini w’abaguzi bari biyongereye, nk’uko byatangajwe na Türkiye Today. Uyu muhanzi wa ndirimbo “Can’t...
Mu gitaramo cyo gusoza Giants of Africa Kizz Daniel yari afite insakazamashusho 'Television ' yamufashaga kureba ibiri kubera ku rubyiniro no mu bafana kugirango amenye uko aza kwitwara nagerwaho. The Ben yari yagizwe umuhanzi muto kuri uwo munsi...
Inkuru ishyushye mu karere ni iya Teta Sandra wagonze Weasel Manizo akaba anamurwarije mu bitaro bya Nsambya. Umwuka mubi watangijwe na Weasel Manizo washatse kwirukana mu rugo Teta Sandra ariko amwima amafaranga y'urugendo 'itike'. Teta Sandra yakomeje gusaba...