Umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz, akomeje kwagura izina rye ku rwego mpuzamahanga nyuma yo gukorana n’umuririmbyikazi w’icyamamare wo muri Amerika uririmba injyana ya R&B, Ciara. Aba bahanzi bombi bahuriye mu ndirimbo nshya bise “Low”, ikomatanya injyana ya R&B ituje...
Umuhanzi w’icyamamare muri Dancehall, Vybz Kartel, yavugishije imbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Kenya nyuma yo kugaragara mu mashusho yasakaye cyane yambaye umwambaro wihariye uriho ikirangantego cya Kenya, gifite ibara ritukura. Muri ayo mashusho, uyu muhanzi w’umunyajamaika aririmbamo igitero mu...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Ikubor, uzwi cyane ku izina rya Rema, yongeye kugaragaza ko ari umwe mu bahanzi bafite umwihariko mu muziki w’Afurika ndetse n’uw’isi muri rusange. Ibi byagaragariye mu ndirimbo ye nshya yise “Kelebu”, imaze kuvugwaho cyane n’abakunzi...
Umuririmbyi wa Country, Carly Pearce, ufite imyaka 35, yatangaje ko kuva akiri umwana yahuraga n’indwara ebyiri zo mu mutwe: ubwoba bukabije (anxiety) kwibasirwa n’ibitekerezo no gukora ibintu inshuro nyinshi (OCD – Obsessive Compulsive Disorder). Mu kiganiro Dumb Blonde...
Umuraperi Snoop Dogg yatangaje ko atishimira uburyo ibikorwa bya LGBTQ+ bigaragarizwa mu mafirime y’abana, kuko ngo bituma abana babaza ibibazo bigoye gusubizwa. Ibi yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro cya podcast giherutse, aho yibutse uko umwuzukuru we yagize icyo...
Uwahoze ayobora Umujyi wa Nairobi, Mike Sonko, yashyikirije Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) impapuro z’ikirego, agaragaza akarengane Kenya ivuga ko yakorewe ubwo yasezererwaga na Madagascar muri Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Ibihugu akoresha Abakinnyi bakina imbere mu gihugu (CHAN)....
Umuraperi wo muri Kenya, Sosuun, yagaragaje impungenge ku rubyiruko rwa Gen Z rudashaka kwakira abahanzi bakuze, nyuma y’uko umuririmbyi w’inararibonye Avril ahuye n’akaga ko kunengwa kubera gufatanya n’abandi mu njyana shya. Mu mashusho yashyize ku rukuta rwe rwa...
Itsinda Coldplay rikora umuziki wa Rock riri gutaramira muri Wembley stadium mu gitaramo cy'iminsi 10. ubwo igitaramo cyo ku munsi wa kabiri cyari kirimbanyije , ku nsakazamashusho nini zerekanye couple iri gusomana. Umugabo yari afite icyapa cyanditseho 'Say...
Kuri uyu wa kane, tariki ya 21 Kanama 2025, umuraperi Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara atembera mu mihanda ya Los Angeles yambaye imyenda icitse — yambaye gusa kambarizo n’inkweto z’umweru z’amakoboyi (cowboy boots). Amashusho...
Umuhanzi w'cyamamare cyo muri Uganda, Jose Chameleone, uzwi ku izina rya Joseph Mayanja, ari mu rubanza n’umugore we, Daniella Atim, aho barimo kuburana gatanya, nyuma y’imyaka 17 bamaze bashakanye. Amadosiye y’urukiko agaragaza ko Daniella yatanze ibaruwa mu Ishami...