Umusozi wa Kiruri, uzwi cyane mu mateka y’ubuhanzi nyarwanda, ugiye kwinjira mu kindi cyiciro cy’iterambere nyuma y’uko Umusizi Junior Rumaga awugabiwe kugira ngo awubyaze umusaruro ujyanye n’ubukerarugendo n’imishinga ihuza ubuhanzi n’ubukungu. Aya masezerano yasinywe ku wa 8 Mutarama...
Ubuzima bw’umuhanzikazi Fille Mutoni buravugwaho kuba mu kaga nyuma yo kujyanwa mu bitaro aho arimo kwitabwaho n’abaganga kubera ibibazo bikomeye byatewe no gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi byamenyekanye nyuma y’uko umukunzi we, MC Kats, asangije amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza...
Muahanzikazi w’Umunya-Jamaica ukora ijyana za Dancehall, Grece Hamilton, wamamaye ku izina rya Spice, ategerejwe gukorera igitaramo muri Uganda mu mpera z’uyu mwaka, nyuma y’uko igitaramo yari agiye gukorerayo mu Ukuboza cyari cyasubitswe. Igitaramo cyarasubitswe Iki gitaramo cyari cyiswe...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) Nsengiyumva Richard, wamamaye cyane nka Richard Keen, giye kwinjiye mu kindi cyiciro cy’ubuzima, aho yambitese umukunzi we Ininahazwe Ange Floxelle impeta y’urukundo, bigaragara ko biteguye kurushinga mu minsi ya...
Nyuma y’imyaka igera ku 10 atari mu Rwanda, Miss Kundwa Doriane yagarutse mu Rwanda mu minsi ishize aho yaganiriye n’abandi bari n’abategarugori mu birori byateguwe na Women Foundation Ministries aho yagarutse ku rugendo rwe rwa mbere yo kuba...
Umunyamakuru akaba n’umu-DJ wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yatangaje ko atazigera ahindura imyitwarire ye cyangwa ngo acike intege kubera amagambo amunenga ku mbuga nkoranyambaga, amushinja kwivanga mu rukundo rw’abandi bagore. Uyu mwaka wa 2026 watangiye mu buryo budasanzwe...
Umuhanzikazi Rachel Kiwanuka, wamamaye ku maziana nka Rachel K, yatangaje impamvu yamuteye kureka kuririmba indirimbo z'isi (secular Music) akerekeza mu gukora indirimbo zo kuranya no guhimbaza Imana (Gospel), avuga ko byatewe n’ibyo Imana yamukoreye yaba mubyiza no mubibi....
Umuyobozi wa Sulubada High Skool Entertainment, Michael Mukwaya wmamaye cyane ku mazina ya Mikie Wine, yashimye cyane umugore we Pauline Kemigisha, ashimangira uruhare rukomeye yagize mu kumutera imbaraga no kumushishikariza gutegura ibitaramo bye bwa mbere mu mateka y’umuziki...
Nyuma y’iminsi mike batangaje ko bamaze kwiyunga no gushyira ku ruhande amakimbirane yari amaze igihe hagati yabo, umwuka mubi wongeye kudogera hagati ya Regis na Micky, ibintu byatunguye benshi mu bakurikiranira hafi ibikorwa byabo. Ibi byongeye kugaragara nyuma...
Umuhanzikazi Alyn Sano yatangaje ko adafite impugenge zo gushyira hanze igihangano cye bite n’uko hari andi makuru akomwjw kwigarurira imitwe y’ibitangazamakuru, ashimangira ko umuziki we ufite agaciro gakomeye kurusaha ibivugwa muri uwo mwanya. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye...