Umuhanzi wo muri Nijeriya, Burna Boy, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhagarika igitaramo cye cya No Sign of Weakness ubwo yari mu Mujyi wa Denver, muri Leta ya Colorado. Ibi byabereye ahitwa Red Rocks Amphitheatre,...
Kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2025, umuhanzi Mikie Wine yatangaje uruhande rwe rutari rusanzwe ruzwi n’abafana be. Mu kiganiro ( interview), uyu muhanzi wo muri Fire Base Crew yasabwe kuvuga uruhande rwe rutazwi cyangwa ubushobozi abantu batazi ko...
Itsinda rigizwe n'abasore batatu, B2C Soldiers, ryagaragaje ko umwaka wa 2025 wabagendekeye neza mu muziki, nubwo hari abafana bamwe batishimiye uko iri tsinda ritashyize hanze indirimbo nyinshi zigezweho. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, umwe mu bagize iri...
Umuhanzikazi Gloria Bugie nyuma yo gushinjwa kujya mu rukundo n'abagabo bashatse, ibi birego yabite utwasti, ndetse asobanura impamvu ituma atajya mu rukundo n’umugabo ufite umugore. Nubwo indirimbo ze zirimo gukundwa cyane nk'uko abyifuza ariko Gloria ntigeze atuza kubera...
Kim Kardashian yaguze Bibiliya ya se Robert Kardashian mu ibanga nyuma yo gutsinda cyamunara yari ihanganyemo n’umuryango wa O.J. Simpson Kim Kardashian yangaje ko yaguze Bibiliya y’umubyeyi we Robert Kardashian, wahoze mu itsinda ryunganiraga O.J. Simpson wamamaye muri...
Nyuma y'uko umu ririmbyi w'indirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana Ishimwe Vestine, ubarizwa mu intsinda rwa Dorcas na Vestine, atanga amagambo akoye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagarma, avuga ko abayeho mu buzima bubi kandi atabukwiye. Aline Ngahongayire, ...
Ku nshuro ya kabiri, ubuyobozi bwa Zacu Entertainment bwemeje ko bugiye kongera gukora ibirori byiswe ‘Zacu Gala’ ku nshuro kabiri ariko noneho bikazaba bivuguruye ugereranyije n’ibyabaye ku nshuro mbere. Mu kiganiro IGIHE yagiranye na Frank Kanyamurera ushinzwe iyamamazabikorwa...
Ijoro ryo ku wa 14 Ugushyingo 2025 ryabereye Kampala Serena Hotel ryabaye urubuga rukomeye rwo kwerekana uburyo umuziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba ukomeje gutanga amahirwe ku bahanzi batandukanye, by’umwihariko Abanyarwanda bagaragaje ko bafite ijambo mu ruhando mpuzamahanga. Ni...
Nyuma y’amezi hafi 12 ari mu Itorero Ishyaka ry’Intore, umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo z’agakondo, Ruti Joël, yafashe icyemezo cyo gusubira mu Itorero Ibihame by’Imana, aho yavukiye mu buryo bw’umwuka, avuga ko yahisemo guharanira kubana no gukemura ibibazo aho...
David Lutalo yagaragaje amarangamutima akomeye mu gihe yari arimo kurengera Eddy Kenzo, nyuma yo kunengwa kwabaye ku itangwa ry’ibihembo bya Grammy aherutse guhabwa. Kenzo, wahawe igihembo cya Grammy Awards ku ndirimbo ye yise Hope & Love, yakoranye na...