Mu myaka 19 ishize, ijwi rya Sarah Uwera Sanyu ryakomeje kwumvikana mu ndirimbo zubatse imitima ya benshi, zibibutsa gukomeza urugendo rwo kwizera no kubaho mu bugingo bushyitse. Ni umwe mu baririmbyi bakomeye ba Ambassadors of Christ Choir, korali...
Nyuma y’ibibazo bitandukanye byagaragaye mu irushanwa rya Nyampinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mezi yashize, Audrey Eckert, wo muri Leta ya Nebraska ni we wegukanye ikamba rya Miss USA 2025. Uyu mukobwa w’imyaka 22, wize umutekano...
Mu gihe abandi bahanzi benshi bizihiza isabukuru y’imyaka bamaze mu muziki binyuze mu bitaramo bikomeye bibera i Kigali cyangwa mu mijyi minini, Senderi International Hit yahisemo inzira idasanzwe, kugaruka mu baturage bamukuze no kubataramira aho bari hose mu...
Miss Mutesi Jolly, ukunzwe cyane mu rwanda ufatirwaho icyitegererezo n abandi bakobwa, uherutse kugura imodoka ihagaze miliyoni zigera muri 400 ni muntu ki ni mwene nde?. Mutesi Jolly yavutse tariki 15 Ugushyingo 1996, avukira mu gihugu cya Uganda....
Ama G The Black yatangaje uko afata Rev Dr Antoine Rutayisire nk’umuwarimu w’ubuzima kandi wamufashije gukora indirimbo ze. Umuraperi Hakizimana Amani uwamamaye nka Ama G The Black uzwiho gukora indirimbo zifite ubutumwa bukomeye kandi zigaragaza ubuzima bwa muntu,...
Mu gihe bamwe mu bahanzi bakunze kugaragara batinya kugaruka ku ngingo ziremereye zibahuza n’amarangamutima cyangwa se ibyabaye mu buzima bwabo bwite, Ama G The Black we yahisemo kutihisha inyuma y’ijambo. Uyu muraperi ukunze kugaragara avuga ku buzima bwe...
Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi ze, ahubwo atiyumvisha ukuntu byatinze kugeza ubwo bimusabye hafi imyaka umunani kugira ngo abigereho bakorane iyo bise ‘Everthing’. Ibi Marina yabigarutseho nyuma y’uko Riderman asohoye iyi ndirimbo ‘Everything’...
Nyuma y’imyaka itatu adakorera ibitaramo mu Rwanda, Christopher agiye guhurira mu gitaramo na Siji ugezweho i Burundi. Uyu muhanzi azaririmba mu gitaramo ‘The Somnia Mix’ kizabera muri Zaria Court ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni igitaramo Christopher azahuriramo...
Uwahoze ayobora ibikorwa by'itsinda rya GoodLyfe, Chagga, yagarutse ku buhanga budasanzwe bwa Mowzey Radio, asobanura ko yari umwe mu bahanga b'abanditsi b’indirimbo bafite impano idasanzwe Uganda yigeze kugira. Mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube channel, Chagga yavuze ko Radio...
Umuririmbyikazi akaba n’umukinnyi wa filime, Kim Kardashian, yagaragaye ku itapi itukura yambaye ikanzu y’ubururu itangaje, maze nyuma y’amasaha make yongera ku garagara yambaye undi mwambaro ajya kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 45 i Paris. Uyu munyabigwi, wari uherutse kwizihiza...