Rimwe uzumva Umunyarwanda avuga ngo ‘impamvu ingana ururo’, ubundi bakubwire ko nta wamenya n’inshuti wayikura ku nzira, ntuzigere ubikerensa kuko ni ibintu bishoboka cyane. Izi mvugo zikunze kwifashishwa, uwashaka yanazikoresha mu guhura kwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete...
Diplomate afatanyije n’inshuti ye Spark G wari usanzwe anamutunganyiriza amashusho y’indirimbo, batangiye kuvugutira umuti ikibazo cy’abahanzi bakora umuziki ariko ntubinjirize. Nk’umwe mu bakora umuziki, Diplomate yavuze ko na we akora umuziki ariko ntugire icyo umwinjiriza, byagiye bimugiraho ingaruka...
Sekamana Eric wamamaye nka Mr. Lus, yatunguriye umukunzi we ku Kibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Kigali amwambika impeta nyuma yo kumusaba ko barushinga undi nawe atazuyaje agahita abyemera. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 29 Ukwakira 2025 nibwo umukunzi wa...
Cindy Sanyu yatangaje ko abana be batari bazi ko ari icyamamare nubwo ari umwe mu bahanzi b’abagore bakomeye muri Uganda. Mu kiganiro yagiranye na NTV Uganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Cindy yasobanuye ko abana be...
Umushyushyarugamba wa Sanyuka TV ndetse akaba n’umuraperi kuri Next Media, Immy Candace, yavuze ko atazigera afata umwana w’undi mugore mu gihe yaba ashakanye n’umugabo wabyaranye n’undi mugore. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Immy yasobanuye ko impamvu yafashe icyo cyemezo...
Mu myaka irenga 20 ishize, ijwi ry’abaraperi mu Rwanda ryakunze kumvikanisha amaganya n’umubabaro. Byari ibihe aho ijambo “Hip Hop” yafatwaga nk’ijyanye n’uburara, aho abafatanyabikorwa n’abaterankunga batinyaga kugira aho bahurira n’abakora iyijyan, nyamara ari bo bari bafite ubutumwa bwimbitse...
Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga, aho yongeye kwandika amateka. Filime yanditswe na Loukman Ali mu mwaka wa 2020 yitwa The Girl in the Yellow Jumper yegukanye ibihembo byinshi, kandi izwiho kuba iteguwe mu...
Umuhanzikazi Cindy Sanyu yahaye inama abahanzi bakiri bato bakunze gushinja abahanzi bakomeye kubabuza gutera imbere cyangwa gupfobya umuziki wabo. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Cindy, umaze kwamamara mu ndirimbo nyinshi nka Boom Party, Nayise Naye, Jungu, Too Much...
Nyuma yo gukatirwa mu ntangiriro za Ukwakira 2025, hamenyekanye igihe umuraperi Sean “Diddy” Combs azavira muri gereza. Amakuru mashya aturuka mu Kigo gishinzwe imfungwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agaragaza ko Diddy azafungurwa ku wa 8 Gicurasi...
Regina Daniels wakinanye na Alliah Cool muri filime yitwa ‘The Waiter’ ya AY Comedian, yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yaguze nyuma yo gutandukana n’umugabo we wigeze no kuba umusenateri bari bamaze igihe babana. Uyu mugore ufite abana babiri...