• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Diplimante yavugutiye umuti ikibazo cy’abahanzi bahuraga nacyo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 30, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Diplomate afatanyije n’inshuti ye Spark G wari usanzwe anamutunganyiriza amashusho y’indirimbo, batangiye kuvugutira umuti ikibazo cy’abahanzi bakora umuziki ariko ntubinjirize.

Nk’umwe mu bakora umuziki, Diplomate yavuze ko na we akora umuziki ariko ntugire icyo umwinjiriza, byagiye bimugiraho ingaruka zinyuranye, birangira we n’inshuti ye bafashe icyemezo cyo gushinga urubuga abahanzi bajya bacururizaho ibihangano byabo.

Uru rubuga bise ‘Talastage’ Diplomate ahamya ko ruzafasha abahanzi kubasha kubyaza umusaruro ibihangano byabo bitandukanye n’uko byari bimeze.

Ati “Ni urubuga kugeza ubu turi gucishaho amashusho y’indirimbo, aho umuhanzi ayashyiraho abakunzi be bakareba igihangano cye mbere y’uko hari undi ukibona ariko kugira ngo babigereho bikabasaba kwishyura amafaranga agera ku muhanzi ku kigero cya 70% kuko 30% asigara mu buyobozi bw’uru rubuga kugira ngo rurusheho gukora neza.”

Ku ikubitiro Diplomate yahise anashyiraho indirimbo ye nshya yise ‘Inyange’ yakoranye na Logic Hit, iyi abari kuyireba mbere y’uko ijya ku mbuga zisanzwe zicurangirwaho imiziki basabwa kwishyura 100Frw.

Uretse ababasha kureba iyi ndirimbo kuri uru rubuga bishyuye aya mafaranga, hari n’aho abakunzi b’uyu muhanzi bashobora guhita bagatera inkunga ibikorwa bye bitewe n’uko bishobora kwinjiza.

Ku rundi ruhande uretse kuba ari urubuga yatangije, Diplomate yavuze ko bahaye ikaze n’abandi bahanzi ku buryo barwiyambaza mu gihe bafite igihangano gishya mu rwego rwo kugira ngo abifuza kukireba bakibone ariko hari ibyo babinjirije.

Diplomate yavuze ko uru rubuga rumaze kujya ku murongo ku buryo rushobora gutanga umusaruro bamaze imyaka itari mike barwubaka ndetse ntiyatinya no guhamya ko rumaze kubatwara n’arenga miliyoni 20Frw.

Kora hano ubashe kureba indirimbo nshya ya Diplomate

Previous Post

Umunyamideli Mr. Lus yatunguye umukunzi we amwimbikira impeta ku kibuga cy’indege

Next Post

Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Urukondo rwa Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete rwatagiriye kuri Telefone

Red Banton yavuze ko Mowzey Radio ya mubonekeye mu nzozi

Red Banton yavuze ko Mowzey Radio ya mubonekeye mu nzozi

Buri jambo riri mu ndirimbo zanjye rifite indangagaciro z’umuryango wanjye – Diplomat

Buri jambo riri mu ndirimbo zanjye rifite indangagaciro z’umuryango wanjye - Diplomat

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.