Rihanna yavuye mu Mujyi wa Los Angeles aho asanzwe atuye, nyuma y’iminsi mike umugore witwaje intwaro arashe ku nzu ye. Ku Cyumweru tariki 8 Werurwe 2026 nibwo inzu ya Rihanna iherereye ahazwi nka Beverly Hills yarashweho amasasu 10,...
Umuririmbyi Ava Peace yatangaje impamvu atafata abandi bahanzikazi bakorana mu muziki nk’inshuti ze za hafi muri uru ruganda. Mu kiganiro yagiranye na Now Media UG podcast, Ava Peace yasobanuye ko nubwo yakoranye n’abahanzikazi batandukanye kandi agirana na bo...
Umuhanzikazi Jowy Landa yavuze ko atigeze aba inshuti magara n’umuhanzi mugenzi we Ava Peace, nubwo hari benshi bakomeje kuvuga ko bombi bagiranye amakimbirane. Ibi yabivuze mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV Uganda, aho yasobanuye neza uko umubano wabo...
Umuhanzi Derrick Biswanka yagiriye inama Perezida Yoweri Kaguta Museveni yo kutanga miliyari 5 z’amashilingi ya Uganda yari yemereye Kasuku n’itsinda rye, ahubwo agatata umwanzuro wo kohereza ayo mafaranga mu bacuruzi baherutse guhombya n’imyuzure yateye mu Mujyi wa Kampala....
Umuhanzikazi Av Peace ubarizwa mu itsinda Team No Sleep (TNS), amaze imyaka irenga irindwi afite itera imbere rihambaye mu ruganda rw’umuziki wo muri Uganda, yavuze ko ageze igihe cyo gutegura igitaramo cye cy’ifura. Nubwo yashyize hanze indirimbo nyinshi...
Umuraperi Navio yatangaje ko nubwo abahanzi bo muri Uganda bahabwa inkunga n’ibigo by’ubucuruzi, amafaranga binjiza mu muziki atiyongera nk’uko byari bikwiye. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Navio yavuze ko hari imyumvire ikunze kugaragara mu bahanzi bo muri Uganda...
Umuhanzikazi w’icyamarere akaba n’umwe bagize itsinda Blu*3, Jackie Chandiru, yavuze ko uruganda rw’umuziki rwataye agaciro muri Uganda. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Jackie Chandiru yasobanuye ko kubera urubyiruko rwinshi rushaka kwamamara vuba kandi byihuse ku mbuga nkoranyambaga, ibintu by’ingenzi...
Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wizihizwa buri mwaka ku wa 8 Werurwe, kuri iyi nshuro umuhanzikazi Spice Diana yavuze ko ari kuwizihiza uyu munsi ayoboye kandi afite icyizere, umunezero n’urukundo. Uyu muhanzi, uherutse gutangaza ko yatandukanye n’ubuyobozi bwamucungiraga ibikorwa by’umuziki...
Abahanzi barimo Dax Vibez, Pastor Wilson Bugembe, A Pass na Dokta Brain, hamwe n’abandi, bashyize hanze amashusho mashya y’indirimbo zabo. Muri iyi nkuru turareba zimwe muri izo ndirimbo n’uburyo zateguwe. • Fantasy – Dax Vibez ft. Jowy LandaUmva...
Ku rugo rwa Rihanna ruri mu gace ka Beverly Hills muri California humvikanye urusaku rw'imbunda, nk'uko polisi ibitangaza. Abapolisi muri Los Angeles batabajwe nyuma yo kurasa kwabaye ahagana saa 13:15 ku isaha yaho (saa 23:15 i Kigali) ku...