Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, afungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jabana, nyuma y’ikibazo cy’imyubakire yagaragaje ku mbuga nkoranyambaga. DC...
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana wo muri Tanzania, Rose Muhando, yatangaje ko yibwe n’abajura bataramenyekana binjiye mu rugo rwe, batwara ibintu by’agaciro birimo amafaranga n’ibyangombwa by’ingenzi, harimo na pasiporo ye. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga,...
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye ko umunyamideli Turahirwa Moses agomba gufungwa imyaka 3 akanatanga ihazabu ya miliyoni 2 Frw nk’uko yabikatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo. Ni nyuma y’uko yari yajuririye icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo aho muri 2024...
Nyuma y’imyaka ine ahanganye n’indwara idasanzwe yamugizeho ingaruka zikomeye ku buzima n’umwuga we w’ubuhanzi, umuririmbyi w’icyamamare ku isi Celine Dion yatangaje ko yiteguye kongera gutaramira abafana be. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo z’amarangamutima zikunzwe cyane zirimo My Heart...
Umuhanzi Mujyanama Claude uzwi nka TMC, wahoze mu itsinda rya Dream Boyz, yavuze ko yishimiye gutaramana na Ruti Joel mu gitaramo cyabereye muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yavuze ko byari no mu...
Umunyarwanda Aminu Hassan Iradukunda, uzwi ku izina rya Creative Aminu, uri gukorera ibikorwa bye by’umuziki mu Budage, akomeje kumenyekana ku rwego mpuzamahanga kubera uruhare rwe mu gutunganya ibikorwa bikomeye by’imyidagaduro n’imuziki bibera mu Burayi. Uyu musore ukora akazi...
Mu buryo bw’amarenga, umuraperi 21 Savage ukomoka mu Bwongereza yagaragaje ko umwana umuraperi akaba n’umukunzi we, Latto atwite, ashobora kuba ari uwe. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo "A Lot", yabitangarije mu butumwa yasangije abamukurikirana kuri Instagram mu butumwa...
Jason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu. Jason Derulo wamenyakanye mu ndirimbo nka "Talk Dirty," "Whatcha Say,"...
Umuraperi Pacson ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhura n’impanuka yaturutse ku mufana wamusunitse atabishaka bikamuviramo kuvunika igufa ryo mu itako. Pacson yavuze ko amaze icyumweru kirenga mu buriri kubera iyi mvune. Yavuze ko yagize iyi mvune ku...
Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music Awards 2026 byabereye i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi birori byabereye muri Dolby Theatre...