Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi nka Gaby Kamanzi (wavutse 1981) uririmba indirimbo ziramya Imana. Ni umwe mu bahanzi bigaragaje cyane mu gitaramo cya Richard...
Icyamamare mu muziki wa Uganda, Jose Chameleone, ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda muri uku kwezi k’Ukuboza, aho azayobora igikorwa cyo gufungura inzu izajya ikorerwamo sinema muri ako gace, ikaba ari yo ya mbere ihabonetse. Iyi sinema izaba ari...
Mu rugendo rujyana abakunzi b’umuziki hirya no hino ku isi, Afro-Club yongeye guhuza ingeri zitandukanye z’abahanzi n’imyidagaduro, binyuze mu majwi mashya ya Terrell Elymoor, Ayam Mister, Navy na Iyanii, ndetse no gusubira mu bihe by’umwamikazi wa pop, Michael...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Chris Evans Kaweesa, yongeye gutangaza impamvu yisubiyeho ku mugambi we wo kwinjira muri politiki no kwiyamamariza kuba Umudepite uhagarariye akarere ka Makindye Ssabagabo. Mu kiganiro aherutse gukorera kuri kimwe mu binyamakuru byo muri Uganda,...
Umunyamideri w’icyamamare Kim Kardashian yanenze bikomeye imikoreshere y’ubwenge bukorano (AI), by’umwihariko ChatGPT, avuga ko atari bwo kwizerwa ijana ku ijana, cyane cyane iyo bukoreshejwe mu bijyanye no kwiga no gukora imirimo isaba ubushishozi n’ubunyamwuga. Kim Kardashian yatangaje ko...
Umunyamakuru n’umunyamideli w’Umunyauganda Sheilah Gashumba agiye kuzamura urwego rw’umwuga we mu myidagaduro, aho yitegura kumurika ku mugaragaro inzira nshya yo kuvuza imiziki nka DJ, mu gitaramo azakorera i Kigali muri Ukuboza 2024. Azajya ku rubyiniro akoresha izina rye...
Umuhanzi Ronald Mayinja, yagiriye inama urubyiruko ikomeye kandi yuzuyemo ubuhanga, aho yavuze ko rukwiye kwirinda ibiyobyabwenge n'ibishuko no kwitwara neza mu busore bwabo binyuze mu kwizerwa no kuba ndetse bakiyubaha, harimo no gufata ibyemezo bifatika kandi bifite intego....
Umuhanzi Clever J n’umuhungu we Jeremiah, bakoze impanuka ikomeye y'imodoka yahitanye ubuzima bw'umushoferi wabatwaraga witwa Paul Kizito, iyi mpanuka yabereye mu karere ka Nakasongola muri Uganda. Mu mashusho yashyize hanze yerekanaga Jeremih yavunitse amagauru yombi n'ukuboko kumwe, mu...
Ross Kana uri mu bahanzi bari kubaka izina mu Rwanda amaze iminsi abarizwa mu gihugu cy'abaturanyi cya Uganda, aho yataramiye muri ‘Comedy Store’ igitaramo cy’urwenya kimaze kubaka izina rikomeye gikunze gutumirwamo abahanzi bafite amazina akomeye. Ibi byabaye mu...
Umuhanzi nyarwanda ucuranga akoresheje saxophone (Saxophoniste) Methuselah Mbonimpa, uzwi cyane nka Water Sax, ari mu myiteguro ya nyuma y’igitaramo cyo kumurika ku mugaragaro album ye ya kabiri yise Wazimba, kizabera kuri Mundi Center ku wa 28 Ugushyingo. Ni...