Kevin kade yasobanuye impamvu, yavuye muri Iwacu na muzika festival 2025, yari umwe mu batoranyijwe muri ibyo bitaramo byamaze iminsi bizenguruka mu ntara zitandukanye cyane ko yari yitabiriye ibiganiro n'itangazamakuru akemeza ko azaba yarwambariye kandi n'imodokaye yari iriho...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Gogo Gloriose witabye Imana ku itariki ya 4 Nzeri muri Uganda azize indwara yari amaranye iminsi, agiye gushyingurwa mu Rwanda. Gogo, amazina ye nyakuri akaba ari Gloriose Musabyimanna, yari yaragiye muri...
Umuhanzi w’Umunya-Uganda uzwi cyane mu njyana ya Dancehall, Richard Kasendwa wamamaye ku izina rya Ziza Bafana, yateye utwatsi ibivugwa ko yaba yarirukanywe i Amsterdam mu minsi ishize. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko yari afite gahunda yo kuririmbira...
Rickman Manrick ashyize azamuye ibiciro mu mukino w’ibyamamare wo bazahurira muri Ring( Boxing,Wrestling), avuga ko uwo bazahura ubutaha agomba kuzana miliyoni 100 z’amashilingi ku meza. Nyuma yo gutsinda Grenade Official ndetse na Shakib Lutaaya, Rickman yavuze ko atazongera...
Urupfu rwa Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo ruri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho bivugwa ko hanabuze amafaranga yo kuzana umubiri wa nyakwigendera. Benshi bakibaza aho amafaranga yavaga mu bitaramo yamaze iminsi akorera aho yaba yaragiye. Gloriose wamamaye...
Umuhango wo Kwita Izina wahuje ibyamamare bikomeye ku rwego mpuzamahanga, birimo Yemi Alade, Mathieu Flamini wahoze akinira Arsenal, na Javier Pastore wahoze akinira ikipe y’igihugu ya Argentine. Aba banyacyubahiro baje ku bufatanye bw’ikipe ya Arsenal na RDB ndetse...
Kenya yatangaje ubusabe bwo kwakira bwa mbere mu mateka ibirori bikomeye bya Grammy Awards bizabera ku mugabane wa Afurika. Perezida William Ruto ni we watangaje ku mugaragaro iki gitekerezo mu nama y’abaturage yabereye kuri Kenyatta International Convention Centre...
Umwanditsi w'indirimbo akaba n’umuririmbyi Joshua Baraka yongeye kuvugwa mu bitangazamakuru, nyuma yo kugera ku rwego rukomeye mu rugendo rwe rwa muzika. Uyu muririmbyi w’Umunya-Uganda ufite ijwi rituje , yabaye umuhanzi wa mbere wo muri Uganda ufite abantu basaga...
Gloriose Musabyimana wamenyekanye nka Gogo waririmbaga indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, wamamaye mu ndirimbo "Blood of Jesus", yitabye Imana. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04 Nzeri 2025 ni bwo hamenyekanye inkuru y'urupfu rwa Gogo...
Umuhanzikazi Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy Sanyu na Sheebah Karungi, agaragaza itandukaniro ryabo mu muziki no mu mico. Mu kiganiro cyaciye kuri podcast, Pinky yavuze ko n’ubwo akunda imyitwarire ya Sheebah, ariko indirimbo za Cindy arozo za...