• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 15, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Wizzar OG umwe mubahanzi bakoje gushyira hanze indirimbo shya kandi nshi, ubu yihuje na Pallaso, Umuyobozi wa Team Good Music, witwa Pius Mayanja, ashimishwa n’uko bahuye.

Pallaso yahuye na Wizzar OG, umuhanzi w’Umugande uba mu Budage, mu gihe yari i Berlin muri studio. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo “Malamu” yari i Munich mu gikorwa cyo gutunganya umuziki, maze afata umwanzuro wo gusura Wizzar OG. Amakuru avuga ko bamaze iminsi itatu barahurije imbaraga ku indirimbo nshya bagiye gudhyira hanze mu minsi iri mbere.

Mu gihe bari muri studio Wizzar OG yafashe amashusho magufi ( Short Video) ayashyira ku rubuga rwa TikToko, ayo mashusho yagaragaje ko bari bishimye barimo no kwandika indirimbo yabo shya.

Wizzar OG, ari mu bahanzi bashya bari kuzamuka cyane no kuvugwa mu muziki wa diaspora. Nyuma y’ibyumweru bike ashangije abakunzi be indirimbo yise “Champe” yakoranye na Dokta Brain, yase yongera ashyira hanze indi ndirimbo nshya yitwa “Simala”,yakozwe na Kawempe Riddim ya Jose Chameleone, yakorewe muri  X-Fecta kandi iyoborwa na Chameleone ubwe. Uyu riddim umaze kuzamuka cyane mu bahanzi bakora versions zabo bwite.

Wizzar OG afite kandi indirimbo ikozwe mu jyana ya Amapiano yitwa “Forgetting Me”, hamwe n’izindi nyinshi zitandukanye zazamuye izina rye nk’umuhanzi mushya.

Ku ruhande rwa Pallaso, ubu bufatanye ni ikindi gihamya cy’uko akomeje gushyigikira impano nshya, nyuma yo gufasha abahanzi nka Scoop Larma, Vian Music, Hash Beats, Ratigan Era, na Ope Producer, n’abandi batandukanye, avuga ko azakomeza gufasha abahanzi bakiri bato.

Amakuru ava ku mpande zombi avuga ko indirimbo izasohoka vuba, ku bakunzi b’umuziki abavuga ko biteguye kwakirana yombi iyi ndirimbo y’aba bahanzi babiri.

Previous Post

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Next Post

David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Next Post
David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana

Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana

Uburyo bwo kuboneza urubyaro n’akamaro  kabwo mu buzima bw’umuryango

Uburyo bwo kuboneza urubyaro n’akamaro  kabwo mu buzima bw’umuryango

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.