• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 15, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Wizzar OG umwe mubahanzi bakoje gushyira hanze indirimbo shya kandi nshi, ubu yihuje na Pallaso, Umuyobozi wa Team Good Music, witwa Pius Mayanja, ashimishwa n’uko bahuye.

Pallaso yahuye na Wizzar OG, umuhanzi w’Umugande uba mu Budage, mu gihe yari i Berlin muri studio. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo “Malamu” yari i Munich mu gikorwa cyo gutunganya umuziki, maze afata umwanzuro wo gusura Wizzar OG. Amakuru avuga ko bamaze iminsi itatu barahurije imbaraga ku indirimbo nshya bagiye gudhyira hanze mu minsi iri mbere.

Mu gihe bari muri studio Wizzar OG yafashe amashusho magufi ( Short Video) ayashyira ku rubuga rwa TikToko, ayo mashusho yagaragaje ko bari bishimye barimo no kwandika indirimbo yabo shya.

Wizzar OG, ari mu bahanzi bashya bari kuzamuka cyane no kuvugwa mu muziki wa diaspora. Nyuma y’ibyumweru bike ashangije abakunzi be indirimbo yise “Champe” yakoranye na Dokta Brain, yase yongera ashyira hanze indi ndirimbo nshya yitwa “Simala”,yakozwe na Kawempe Riddim ya Jose Chameleone, yakorewe muri  X-Fecta kandi iyoborwa na Chameleone ubwe. Uyu riddim umaze kuzamuka cyane mu bahanzi bakora versions zabo bwite.

Wizzar OG afite kandi indirimbo ikozwe mu jyana ya Amapiano yitwa “Forgetting Me”, hamwe n’izindi nyinshi zitandukanye zazamuye izina rye nk’umuhanzi mushya.

Ku ruhande rwa Pallaso, ubu bufatanye ni ikindi gihamya cy’uko akomeje gushyigikira impano nshya, nyuma yo gufasha abahanzi nka Scoop Larma, Vian Music, Hash Beats, Ratigan Era, na Ope Producer, n’abandi batandukanye, avuga ko azakomeza gufasha abahanzi bakiri bato.

Amakuru ava ku mpande zombi avuga ko indirimbo izasohoka vuba, ku bakunzi b’umuziki abavuga ko biteguye kwakirana yombi iyi ndirimbo y’aba bahanzi babiri.

Previous Post

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Next Post

David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

David Lutalo yikomye abasebya Eddy Kenzo nyuma yo guhabwa igihembo cya Grammy

Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana

Ruti Joël yatangaje ko agiye gusubira mu itorero, Ibihame by’Imana

Uburyo bwo kuboneza urubyaro n’akamaro  kabwo mu buzima bw’umuryango

Uburyo bwo kuboneza urubyaro n’akamaro  kabwo mu buzima bw’umuryango

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.