• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Umuhanzikazi Ava Peace yanenze imyitwarire y’abamwe mu bashumba b’amadini

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 5, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzikazi wo muri TNS, Maureen Peace Namugonza wamamaye ku izina rya Ava Peace, yagaragaje akababaro n’isoni aterwa n’imyitwarire y’abamwe mu bashumba b’amadini, avuga ko hari abo usanga bavuga amagambo atesha agaciro abandi bantu kandi nta shingiro afite.

Ava Peace yavuze ko bimubabaza cyane kubona umukozi w’Imana acira abantu imanza cyangwa akabavugaho amagambo atari meza, kandi atabanje kumenya ukuri kwabo. Avuga ko ibyo bishobora gutera ihungabana ku muryango ibyo bivugwaho ndetse bikanahungabanya umutekano rusange mu gihugu.

Mu magambo ye, yagarutse ku mupasiteri wigeze kuvuga ko umuhanzikazi Sheebah Karungi inda atwite ari iya Sekibi, ibintu byavugishije abatari bake ku mbuga nkoranyambaga.

Umupasiteri wo muri Uganda yatangaje ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi

Ava Peace yagize ati: “Numvise umupasiteri avuga ko Sheebah Karungi inda atwite ari iya Sekibi. Hari igihe tuba turi mu buzima busanzwe, ariko watekereza ukuntu ayo magambo mabi asesereza umuntu ukumva birababaje nawe. Iyo umuntu atwite aba akwiye kurindwa amagambo mabi. Ku mutuka ukamwita ‘Mama wa Sekibi’ ni ukumwandagaza cyane. Ibyo ni ukumutera igikomere mu mutima.”

Yakomeje avuga ko abantu benshi bizera cyane abashumba b’amadini, bityo iyo bavuze amagambo nk’ayo adafite ubushishozi, bishobora gutuma abayumva bayafata nk’ukuri kandi bikagira ingaruka ku buzima bw’abayavuzweho.

Ava Peace yasoje agira ati: “Abayoboke benshi bafata ibyo bumva ku bashumba nk’ukuri. Ibyo byavuzwe byari bibi kandi binyibutsa ko rimwe na rimwe gusenga biba bitoroshye, kuko iyo ngiye gusenga siniyumva fite umutekano kubera amagambo akunzwe gukoreshwa mu rusengero.”

Previous Post

Eddy Kenzo yangaje ko Pallaso akiri umunyamuryango wa Federasiyo y’Abahanzi bo muri Uganda

Next Post

I Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’ubuhanzi rizahuza abo mu Karere

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
I Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’ubuhanzi rizahuza abo mu Karere

I Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’ubuhanzi rizahuza abo mu Karere

Filime ya Gaël Kamilindi yahatanye mu iserukiramuco muri Nigeria

Filime ya Gaël Kamilindi yahatanye mu iserukiramuco muri Nigeria

Alex Muhangi yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Abanyarwenya bo muri Uganda (TUCA)

Alex Muhangi yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Abanyarwenya bo muri Uganda (TUCA)

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.