• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 14, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Sheebah Karungi yasabye abagabo gushyira imbere kubaka cyangwa gukodesha amazu yabo bwite niba bashaka gukomeza kubahwa mu mubano wabo. Ibi abivuze nyuma y’uko mu byumweru bishize umupasiteri wo muri ikigihugu avuze ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi.

Sheebah Karungi, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Bandali Manor Podcast ubwo yari i London mu Bwogereza, uyu muhanzikazi wiyemeje kujya yitwa QueenKarma, yatangaje ko umugabo atakaza icyubahiro igihe afashe umwanzuro kwinjirira umugore.

Karungi ati: “Nta na rimwe uzigera ugira icyubahiro, igihe witwa umwinjira mu nzu y’umugore, n’iyo yaba kodeshwa Shs 30,000, uzagira icyubahiro gike mu bantu.”

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Yasobanuye ko kugira ngo umugabo ahabwe icyubahiro nyacyo, akwiye kubaka inzu ye bwite cyagwa agakodesha, ariko akagira aho atuye heza hashobora kwinjira umugore, hataguteye imfunwe. “N’iyo yaba ikodeshwa amashilingi 7,000, cyagwa ari inzu iciriritse ariko ari iyawe, ni byo bikugira umugabo utari izererezi.

Ubusanzwe Sheebah Karungi, afite inzu yakatarabone mu mjyi wa i Munyonyo. Mu buzima bwa Karungi akunda kurwanirira bwigenge bw’abagore no guteza imbere imishinga yabo.

Uyu muhanzikazi, watangaje ko yabyaye umwaka ushize, avuga ko atemera imihango yo gushyingirwa kugira ngo umugore agire ubuzima buzira umuze cyangwa agere ku ntsinzi mu buzima.

Ati: ” Mugore cyagwa umukobwa ntakwiye gushyingirwa kugira ngo agere kuntsinzi, umugabo ntabwo ariwe nstinzi yacu, ntabwo ariwe udutunganyiriza ejo ahazaza natwe twahiremera.”

Previous Post

Impinduka kuri Tour du Rwanda

Next Post

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

Wizzard OG na Pallaso bahuje imbaraga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.