• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, August 13, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Inkuru Nyamukuru

RDF yemeje ko umusirikare wayo warashe akica abaturage 5 yatawe muri yombi.

admin by admin
November 13, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
RDF

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko bwataye muri yombi umusirikare witwa Sergeant Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko, akaba akurikiranyweho kurasira abantu batanu mu Kabari.

RDF yatangaje ko yababajwe n’umusirikare warashe abaturage mu kabari mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Karambi mu Kagari ka Rusharara abantu batanu bakahasiga ubuzima.

Ni igikorwa cyabaye mu masaha y’ urukerera tariki 13 Ugushyingo 2024 aho Sergeant Minani Gervais w’imyaka 39 yarashe abantu batanu bagapfa.

Abaturage bo mu kagari ka Rusharara bavuga ko byabereye mu isantere y’ubucuruzi ya Rubyiruko iherereye mu Mudugudu wa Kageyo, mu ma saa saba z’ijoro.

Imwe mu mpamvu yatumye Sgt Minani arasa abaturage ngo byatewe n’umujinya yagize nyuma yo guterana amagambo na nyiri akabari wamuhaye inzoga yamwishyuza undi ntiyishyure, bituma nyiri akabari agira ati «genda uzagwe mu ishyamba uzerera.»

Abaturage bavuga ko Sgt Minani yagize umujinya agasohoka akagaruka arasa abari mu kabari ariko uwo bateranye amagambo anyura mu idirishya ashobora gukiza ubuzima bwe.

Ubuyobozi bw’ ingabo z’u Rwanda bwatangaje ko bwamaze guhagarika Sgt Minani kugira ngo azagezwe imbere y’ubutabera, Ubuyobozi bw’ ingabo z’u Rwanda bukaba bwihanganishije imiryango n’inshuti babuze ababo.

Previous Post

Ntimwemere uburozi muri Kisoro: Perezida Museveni avuga ku madini n’amoko

Next Post

Uburyo 6 bwo kurinda umutekano w’ibikoresho by’Ikoranabuhanga ngendanwa.

admin

admin

IZINDI NKURU WASOMA

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
2 months ago

Pendant longtemps, les violences basées sur le genre (VBG) ont été traitées dans les médias comme de simples faits divers....

Inyubako ya RDB igiye gufungwa : Impamvu ziri gutangwa n’impaka zikomeje

Inyubako ya RDB igiye gufungwa : Impamvu ziri gutangwa n’impaka zikomeje

by MUNYANKINDI Alphonse
3 months ago

Inyubako izwi cyane mu mujyi wa Kigali ikoreramo Rwanda Development Board (RDB) ndetse n’ibindi bigo bya leta, irimo kuvugisha benshi...

Malawi:Umunyarwandakazi Giramata yakatiwe azira kwica uwari umugabo we

Malawi:Umunyarwandakazi Giramata yakatiwe azira kwica uwari umugabo we

by MUNYANKINDI Alphonse
4 months ago

Urubanza rw’Umunyarwandakazi Gentille Giramata ruherutse gusozwa n’Urukiko Rukuru rwa Lilongwe muri Malawi, rwasize rutanze isomo rikomeye ku bijyanye n’uko amategeko...

Next Post
Ibikoresho by'ikoranabuhanga

Uburyo 6 bwo kurinda umutekano w'ibikoresho by'Ikoranabuhanga ngendanwa.

INdwara z'umutima

Ibimenyetso simusiga byakwereka ko umutima wawe watangiye kugira ibibazo

Lotary Club

Imishinga 3 ya miliyoni 100Rwf igiye gutangizwa na Rotary Club Kigali Mont Jali

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro
Ubukungu

 Sina Gerard Enterprise yazanye udushya dushya muri Expo 2026, Akabanga gahabwa isura nshya y’icyubahiro

by Alex RUKUNDO
August 7, 2026
Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre
Inkuru Nyamukuru

Les médias appelés à changer leur regard sur les violences basées sur le genre

by MUNYANKINDI Alphonse
June 23, 2026
“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.