MC Tino yavuze uko Ayra Starr yamuhaye amadorali amwibeshyeho ko ari The Ben
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Kasirye Martin uzwi cyane nka MC Tino, yatangaje uko umunya-Nigeria Ayra Starr yamuhaye amadorali ubwo bari bahuriye muri ‘Back Stage’ avuye gufasha The Ben ku rubyiniro mu gitaramo cyabaye ku iserukiramuco rya Giants of Africa. Mu kiganiro yagiranye n’Inyarwanda, MC Tino yavuze...









