Latest Post

ibyavugiwe mu rubanza rw’abasirikare n’abasivile

Urukiko rw'ibanze rwa gisirikare ruherereye I Nyamirambo rwaburanishije abasaga 28. Ku wa 13 Kanama 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gisirikare ruri I Nyamirambo rwaburanishije abasaga 28 barimo abasirikare, abakozi b'Urwego rw'igihugu rushinzwe igorora, abanyamakuru batatu babarwa nk'abasivile muri uru rubanza. Uru rubanza ubwo rwari rutangiye kuburanishwa...

Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugo

Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugo

Weasel Manizo nyuma y'iminsi itanu arwariye mu bitaro bya Nsambya yatashye aho azakomeza kwitabwaho n'abaganga. Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugoNyuma y'iminsi itanu Weasel Manizo avurirwa imvune y'amaguru mu bitaro bya Nsambya, kuri ubu yagiye kurwarira mu rugo. Ni amakuru yagiye yanze kuri uyu wa...

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yashyizeho komite yo gutoranya filime zizajya zihatanira’Oscars’

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yashyizeho komite yo gutoranya filime zizajya zihatanira’Oscars’

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yashyizeho komite ishinzwe gutoranya filime zo mu Rwanda zizajya zihatanira ibihembo bya’Oscars’. Ni itangazo ryashyizwe ku mbuga nkoranyambaga z’iyi minisiteri yaragijwe guteza imbere urubyiruko n’ubuhanzi. Ku wa 11 Kanama 2025 nibwo iriya minisiteri yageneye abanyamakuru itangazo rikubiyemo ibisobanuro by’iyo komite igizwe...

Page 206 of 272 1 205 206 207 272

DUKURIKIRE KURI

INKURU NDENDE