Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool
Umwe mu baproducer b’umuziki bakomeye muri Ugand, Michael Fingers Mugisa, yashize ahagaragara amwe mu mateka akubiye mu ndirimbo y’icyamamare Bebe Cool, iyo indirimbo ni Love You Everyday, aho avuga ko gukora uyu mushinga ari umwe wa mushimishije cyane kuruta izindi mishinga yakoze mu buzima bwe bw’umuziki....









