• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yavuze ko agiye gushyiraho ahantu hashyingurwa abahanzi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 29, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Eddy Kenzo yatangaje ko agiye gushyiraho umuhango wihariye uzajya ukorerwa abahanzi gusa, kugira ngo bahabwe icyubahiro kandi umurage wabo usigasirwe.

Ibi Kenzo yabitangaje ubwo yari mu muhango wo kwibuka nyina wa Fik Fameica, Jackline Nassimbwa, uherutse kwitaba Imana.

Kenzo yavuze ko igihe azaba kiri perezida w’ishyirahamwe ry’abahanzi muri Uganda ( UNMF ) mu gihe asigaranye mu nshingano afite, azaharanira ko hashyirwaho ahantu hihariye abahanzi bazajya bashyingurwa, ariko igihe umuryango we uzajya ubihitamo.

Kenzo ati: “Mu gihe nkiri Perezida wa UNMF mu nshingano zanjye, zaharaniara ko hashyirwaho ahantu runaka hihariye ho gushyingura abahanzi, mu gihe imiryango ye ibahaye uburenganzira , nk’uko Herman Basudde yabisabye.”

Yongeyeho ko byaba bikwiye ko habaho ahantu hihariye bashyingura abahanzi gusa, cyane ko hari bamwe batangira aho bashyingurwa kandi nyamara bakwiye gusezerwa amahora.

Eddy Kenzo na Bobi Wine

Avuga ko mu buzima bwe yakuriye ku muhanda, Kenzo yanavuze ko abahanzi benshi bakomoka mu miryango ikennye kandi batanagira ubutaka bwabo bashobora gushyingurwamo.

Kenzo yanasobanuye ko abahanzi basusurutsa abanyagihugu ndetse bakanateza imbere urwego rw’ubuhanzi bakwiye guhabwa icybahiro igihe bagiye gushyingura umuhanzi ubavuyemo, ndetse ahantu hahurirwaho n’abafana n’abakunzi babo. Yanagaragaje ko aho hantu hashobora no kuba ikimenyetso kiza ku gihugu gishimangira umuco w’ umuhanzi muri Uganda.

Muri uwo muhango wo kwibaka nyina wa Fik Fameic’s, hagaragayemo abantu bagiye batandukanye kandi b’ibyamamare barimo n’umuyobozi wa NUP n’umuhanzi Bobi Wine, aho yasabye abahanzi n’abayobozi kurebwa uburyo serivisi z’ubuzima zarushaho kuba nziza mu gihugu, avuga ko nyina wa Fik Fameica yakabaye yaritaweho n’ibigo by’ubuvuzi bikomeye. 

Yashimagiye ko nyina wa Fik Fameica yapfuye afite imyaka 51, azize Kanseri, ibintu yavuze ko byakabaye byaririzwe mu gihe serivisi z’ubuvuzi zari kuba nziza.

Nyina wa Fik Fameica, Jackline Nassimbwa, azashyingurwa ku itariki ya 29 muri Kasana, akarere ka Luweero.

Previous Post

REB yahagaritse abayobozi b’amashuri 890 batsinzwe isuzuma ry’imikorere

Next Post

Abaguze amatike mu gitaramo cya Israel Mbonyi bari mu gihirahiro

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
Abaguze amatike mu gitaramo cya Israel Mbonyi bari mu gihirahiro

Abaguze amatike mu gitaramo cya Israel Mbonyi bari mu gihirahiro

Spice Diana yatangaje ubucuti afitanye na Fik fameica

Spice Diana yatangaje ubucuti afitanye na Fik fameica

Igihangange mu iteramakofi, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka yapfiriyemo inshuti ze ebyiri

Igihangange mu iteramakofi, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka yapfiriyemo inshuti ze ebyiri

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.