• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Abaguze amatike mu gitaramo cya Israel Mbonyi bari mu gihirahiro

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
December 29, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Amagana n’amagana y’abafana bari Israel Mbonyi bari baramaze kugura amatike yo kwitabira igitaramo cye cyari kuzabera I Rubavu ku bunani bari kwibaza aho bazaregera ngo basubizwe ayabo nyuma y’uko batangarijwe ko icyo gitaramo kitakibaye.

 Bamwe mu baganiriye na impinga.rw bavuga ko bababajwe cyane no gusubika igitaramo mu buryo budasobanutse kandi butunguranye. Bamwe bati niba barabonaga ko kitazakorwa kuki batatubwiye mbere yo kugura amatike amafaranga tukayakoresha ibindi.

Kamaliza Annet ni umwe mu baguze amatike y’iki gitaramo, aganira na Impinga yavuze ko abababajwe cyane n’iki gitaramo cyasubitswe yaramaze kwishyura. Ati iyo batubwira mbere ntitugure aya matike.

Umuhanzi Israel Mbonyi igitaramo cye cyo ku bunani cyasubitswe ikubagahu

Kimwe na mugenzi we utashatse kwivuga amazina uturuka mu mujyi wa Kigali we avuga ko ahombye Kabiri kuko ngo yari yaramaze kwishyura icyumba cyo kuraramo nyuma y’igitaramo kuko Atari guhita ataha uwo. Ngo yasabye hotel kumusubiza amafaranga irabyanga.

Abateguye iki gitaramo baratangaza iki ?

Ku rundi ruhande abategura igitaramo Icyambu Live Concert cya Israel Mbonyi batangaje ko icyari buzabere kuri Stade Umuganda muri Rubavu gisubitswe. Cyari kuzaba Tariki 01, Mutarama, 2026 ku Bunani.

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’abategura igitaramo cya Israel Mbonyi

Itangazo byatangarijwemo rivuga ko indi tariki kizaberaho izatangazwa mu gihe kiri imbere.

Ni impinduka zatewe n’uko abantu benshi bifuje ko cyasubikwa  kigategurwa neza kurushaho, kigashyirwa ku rwego rw’ibindi bitaramo ‘Icyambu’ bizabera hirya no hino.

Ikindi ni uko abari bishyuye amatike yo kuzacyitabira bazegerwa bakabazwa niba bifuza gusubizwa amafaranga yabo, cyangwa bagumana amatike bakazayinjiriraho mu gihe kizaba cyasubukuwe.

Previous Post

Eddy Kenzo yavuze ko agiye gushyiraho ahantu hashyingurwa abahanzi

Next Post

Spice Diana yatangaje ubucuti afitanye na Fik fameica

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Spice Diana yatangaje ubucuti afitanye na Fik fameica

Spice Diana yatangaje ubucuti afitanye na Fik fameica

Igihangange mu iteramakofi, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka yapfiriyemo inshuti ze ebyiri

Igihangange mu iteramakofi, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka yapfiriyemo inshuti ze ebyiri

Eddy Kenzo aribaza ku butunzi bwa Bobi Wine mu gihe avuga ko Uganda iri “gupfa”

Eddy Kenzo aribaza ku butunzi bwa Bobi Wine mu gihe avuga ko Uganda iri “gupfa”

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.