Mu mibanire y’abakundana cyangwa abashakanye, hari igihe imibonano mpuzabitsina igabanuka cyane cyangwa ikabura burundu. Ibi bituma benshi bibaza niba urukundo rushobora gukomeza gukomera mu gihe ubusabane bw’umubiri butagikorwa. Impuguke mu mibanire zigaragaza ko bishoboka, ariko bisaba kumvikana, kuganira...
Mu Butaliyani, inkuru ya Laura Mesi yakomeje gukurura amatsiko n’impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru. Uyu mugore w’imyaka 40, uzwi nk’umutoza w’imyitozo ngororamubiri, yafashe icyemezo kidasanzwe cyo kwishyingira, nyuma yo kurambirwa gutegereza umugabo yafataga nk’uw’inzozi ze. Laura...
Mu mwaka wa 1967, Kevin Carroll na Debbie Webber bari ingimbi ziga mu mashuri yisumbuye atandukanye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Bahujwe n’urukundo rw’ikinamico, aho bombi bari abanyamuryango b’amatsinda y’ikinamico mu mashuri yabo. Icyo gihe bahuriye mu...
Umuhanzi w'Umunyamerika Katy Perry na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w'intebe wa Canada, bigaragaje kuri Instagram, nyuma yuko uyu muririmbyi atangaje amafoto na videwo kuri Instagram agaragaza urugendo bagiriye mu Buyapani. Perry ndetse na Trudeau bagaragaye mu ifoto...
Abanya-Kenya bakomeje guterwa urujijo nyuma y’uko umugore wiyitiriye kuba ari nyina wa muhanzi w’icyamamare Kevin Bahati atangaje ko akiri muzima, kandi ko ari we yamubyaye. Iyi mvugo ikomeje kuvugisha benshi kuko ihabanye n’inkuru Bahati amazeyo imyaka avuga ko...
Ese urukundo uraruzi? Nonese uzi ibisobanuro byarwo? Ahubwo se uzi akababaro gaterwa n’urukundo, harimo kwigunga no kwiheba bitewe n’umuntu waguhakaniye? Reka nkubwire inkuru yanjye y’urukundo. Na niga mu wa gatatu w’amashuri yisumbuye (S3) mu mwaka wa 2014, ubwo...
Iyi nkuru yanditswe hagendewe ku nkuru mpamo y’ibintu byabayeho. Nubwo muri iki gihe urukundo rwakonje mu bantu, muri iyi nkuru uzasangamo icyo urukundo nyarukundo ari cyo, uko wamenya kwihanganira ibigeragezo bikunda kuba mu rukundo ndetse no kumenya guhitamo...
Mwiza w’imyaka 40 ukora umwuga w’ibaruramari atuye i Kigali. Yibuka neza ko mu gihe cye cyo kubyara, umugabo we byasaga n’ibintu bitamuraje ishinga ku buryo nta ho amwibuka mu gihe yabyaraga, mu gihe nk’umuntu wari akibyara byari ibintu...
Ruti Joël: Umugore na we ni vuba arahari narakunze, ndakundwa. Waririmba Musomandera ntihagire ugukunda? Ndakundwa nanjye, ndahendahendwa, ariko baravuga ngo iryo ni ibanga ryanjye. Gusa arahari!”
Iyo umukunzi wawe aguhamagaye kuri telefoni, iyo umwitabye utangira kumwenyura wishimye ugahumbya amaso nk’urota ko muri kumwe nka bimwe byo kurota ku manywa, icyakora ntutinda kwigarura ukibuka ko akuri kure unibaza niba bizakunda ko bigenda neza hagati yawe...