Perezida w’Umutwe w’Abadepite wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yatangaje ko Donald Trump yagize uruhare rukomeye mu gushishikariza bamwe mu badepite b’ishyaka ry’Abarepubulikani gutora umushinga mugari w’itegeko rigamije kugabanya imisoro no kongera ingengo y’imari ya Leta....
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Israel yemeye ibisabwa byose kugira ngo hasinywe amasezerano y’agahenge k’iminsi 60 muri Gaza. Iyi nkuru yahaye icyizere abaturage b’ako gace kuri uyu wa Gatatu, mu gihe abayobozi...
Mu gihe isi ikomeje gusaba ihagarikwa ry’intambara, Israel yongeye kugaba ibitero bikomeye Mu gace ka Gaza kuRri uyu wa Mbere, aho ibitero byahitanye nibura abantu 60, benshi muri bo bakaba ari abasivile, abandi barakomereka. Ibi bitero byabaye mbere...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere (USAID) cyahagaritse gahunda yo gutanga ibikoresho by’ubuvuzi byagenewe abarokotse ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ubwo amakimbirane yafata intera mu ntangiriro z’umwaka...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer n’abategura iserukiramuco rya Glastonbury batangaje ko bababajwe n’indirimbo zirimo amagambo asebya ingabo za Israeli zaririmbiwe ku rubyiniro. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, ubwo itsinda rya muzika rihuje injyana ya Punk na Rap...
Ubutumwa bushya bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya, buzwi nka AUSSOM (African Union Support and Stabilisation Mission in Somalia), buri mu kaga ko guhagarikwa burundu kubera ikibazo gikomeye cy’amikoro. Itariki ya mbere Nyakanga yitezweho kuba umunsi ukomeye...
Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kugenzura ingufu za nikleyeri (IAEA), Rafael Grossi, yatangaje ko "mu mezi macye" Irani ishobora kongera gutangira gutunganya uranium ishobora kuvamo igisasu kirimbuzi. Grossi yavuze ko ibitero by’Amerika byagabwe ku bigo bitatu bya nikleyeri...
Israel yibasiye ahantu habitse ibikoresho bya nikleyeri n’ahari ibya gisirikare bya Irani, ndetse n’ahantu hari ibikorwa by’abikorera ku giti cyabo, cyane cyane mu burengerazuba bw’igihugu hafi y’umurwa mukuru wa Tehran. N’ubwo byinshi muri ibyo bitero byaturutse mu kirere,...
Abayobozi b’ihuriro rya gisirikare cya NATO biteganyijwe ko bameza kuri uyu wa Gatatu gahunda yo kongera ingengo y’imari igenerwa ibikorwa bya gisirikare, ni nama yihariye yateguwe hagamijwe no kunoza umubano na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko bugiye kugura indege 12 z’intambara zo mu bwoko bwa F-35A, zifite ubushobozi bwo gutwara intwaro za nikleyeri nto, mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’igihugu bwo kwirinda hakoreshejwe intwaro za kirimbuzi. Ni ubwa mbere...