Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, aritegura uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bwongereza ruzabanzirizwa n’ibirori bikomeye, rukazibanda ku guteza imbere umubano w’ibi bihugu byombi mu bukungu, umutekano n’imibanire mpuzamahanga. Ni bwo bwa mbere Macron azasura u Bwongereza mu buryo bwemewe,...
Texas, USA – Abana 27 n’abarimu babo bahitanywe n’imyuzure itunguranye yibasiye inkambi y’abakobwa izwi nka Camp Mystic, iherereye ku nkengero z’umugezi wa Guadalupe, muri Leta ya Texas. Ubuyobozi bw’iyi nkambi bwatangaje ko aya makuba yabaye kuva ku wa...
Mbere y’uko Israel itangiza intambara kuri Iran mu kwezi gushize, urwego rwayo rw’ubutasi (Mossad) rwari rumaze uruhare runini ry’Abanya-Israel bashinjwaga kunekera Iran. Byatangajwe ko guhera ubwo Iran yoherezaga ibyogajuru muri Israel mu kwezi kwa Mata 2024, abantu barenga...
Ibiciro by’amazu mu Bwongereza ntibyigeze bizamuka mu kwezi kwa Kamena ugereranyije n’ukwa Gicurasi, nk’uko bigaragazwa n’ibarura ryakozwe n’Ikigo cya Halifax, cyasohoye kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Nyakanga. Ibyari byitezwe n’impuguke mu bukungu. Halifax, kimwe mu bigo...
Donald Trump yatangaje ko ubutegetsi bwe buteganya gutangira kohereza amabaruwa ku bihugu bikorana ubucuruzi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera kuri uyu wa Mbere, ababwira ibijyanye n’imisoro mishya, nubwo hari urujijo ku gihe iyo misoro izatangirira kubahirizwa....
Nyuma y'imyuzure ikomeye kuri uyu wa gatandatu ushize wahitanye abantu basaga 50, muri Amerika mu gace ka Kerr County muri Leta ya Texas. Mura bo, harimo abakobwa 27, bari mu nkambi ya gikirisitu yitwa Camp Mystic, iri ku...
Ishyaka ry’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryamaganye bikomeye itegeko rishya ry’Ingengo y’Imari ryemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko, rivuga ko rizagira ingaruka mbi ku baturage basanzwe, cyane cyane abakennye, mu gihe rifasha abaherwe. Iri tegeko, ryemejwe ku wa...
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu butaka bwa Palesitine bwigaruriwe, Francesca Albanese, yasabye ko Israel ifatirwa ibihano birimo guhagarikirwa koherezwa intwaro, ndetse ko n’ibigo mpuzamahanga bikomeje kungukira mu ntambara bihanwa kubera uruhare bifite mu bwicanyi...
Perezida w’Umutwe w’Abadepite wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yatangaje ko Donald Trump yagize uruhare rukomeye mu gushishikariza bamwe mu badepite b’ishyaka ry’Abarepubulikani gutora umushinga mugari w’itegeko rigamije kugabanya imisoro no kongera ingengo y’imari ya Leta....
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Israel yemeye ibisabwa byose kugira ngo hasinywe amasezerano y’agahenge k’iminsi 60 muri Gaza. Iyi nkuru yahaye icyizere abaturage b’ako gace kuri uyu wa Gatatu, mu gihe abayobozi...