• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Iran Yashatse Kwica Abayobozi Bakuru ba Israel Ibinyujije mu basivili

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
July 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Mbere y’uko Israel itangiza intambara kuri Iran mu kwezi gushize, urwego rwayo rw’ubutasi (Mossad) rwari rumaze uruhare runini ry’Abanya-Israel bashinjwaga kunekera Iran. Byatangajwe ko guhera ubwo Iran yoherezaga ibyogajuru muri Israel mu kwezi kwa Mata 2024, abantu barenga 30 bakurikiranyweho kugirana umubano n’ubutasi bwa Iran.

Ibyo bikorwa ngo byaheraga ku butumwa bugufi busaba amakuru abaturage arimo gufata amafoto y’ibikorwaremezo cyangwa gushaka hashyinguwe ibintu byagaciro.

Ubutumwa bwohererezwaga abenegihugu b’Abanya-Israel bakoresheje Telegram, hakabaho n’uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe PayPal cyangwa amafaranga ya kripto.

Ibikorwa byaje kugenda bikomera aho umuntu yasabwe gufata amafoto y’icyambu cya Haifa na za pariki, Gushyira GPS ku modoka z’abayobozi bakuru no kwandikisha amaragi ku nkuta bavuga nabi Netanyahu.

Hari n’uwaje gusabwa kwica umushakashatsi wa nikleyeri ukorera muri Weizmann Institute – agahabwa amafaranga menshi ndetse agasabwa gusenya inzu ye no kwica umuryango we.

Israel ntiyacecetse kuko Mossad yarihimuye ikora ibitero bikomeye kuri Iran, harimo kwica bamwe mu bayobozi bayo n’abashakashatsi ba nikleyeri. Ibi byabaye ku wa 13 Nyakanga, ubwo Israel yagabaga igitero gikomeye kuri Iran.

Mordechai “Moti” Maman, w’imyaka 72, ni umwe mu bantu bemeye ibyaha. Yavuze ko yahuye n’ubutasi bwa Iran ubwo yashakaga amahirwe y’ubucuruzi. Yagejejwe muri Iran anyujijwe muri Turikiya, ahabwa amafaranga ngo ajye kwica abayobozi barimo: Benjamin Netanyahu, Ronen Bar umuyobozi wa Shin Bet, Yoav Gallant Minisitiri w’ingabo, ndetse na Naftali Bennett wahoze ari Minisitiri w’Intebe.

Uyu Mordechai yasabye miliyoni imwe y’amadolari, ibintu Iran yanze. Ibiganiro bihita bihagarara. Nyuma yafashwe n’urwego rw’iperereza rwa Israel(Mossad). Akatirwa gufungwa imyaka 10.

Ku ruhande rwa Iran, na yo yafashe abantu barenga 700 ibashinja kunekera Israel. Imanza zabo zakozwe mu ibanga, abandi batandatu baricwa. Ariko nta bimenyetso bifatika byagaragaje ko koko hari ihuriro ry’abanya-Iran baneka Israel.

Uko intambara y’ubutasi hagati ya Iran na Israel irushaho gukara, abasivili bagerwaho n’ingaruka zikomeye zatewe n’iyo ntambara. Ibihugu byombi bikomeje kugerageza kwinjirirana hakoreshejwe amakuru, amafaranga, ibihuha no kwinjiza abaturage b’ahandi mu bikorwa by’ubutasi – byibanda ku gutera ubwoba, kwica, cyangwa gutanga amakuru y’ibanga.

Impinga

Umwanditsi: Alex RUKUNDO

Previous Post

Ibiciro by’amazu mu Bwongereza ntibyahindutse muri Kamena

Next Post

Texas: Abana n’abarimu babo 27 baguye mu myuzure yibasiye Camp Mystic

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
28 minutes ago

Impaka zikomeye zongeye kubura mu muziki mpuzamahanga, nyuma y’uko Fat Joe atangaje ko injyana ya Afrobeats yaba yarakomotse muri Jamaica—amagambo...

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu 2018, umugore yaje muri Laboratwari y'irangamimerere muri Kaminuza Nkuru ya Colombia: yari afite impanga z'abahungu yari yarabyaye imyaka ibiri...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Next Post
Texas: Abana n’abarimu babo 27 baguye mu myuzure yibasiye Camp Mystic

Texas: Abana n’abarimu babo 27 baguye mu myuzure yibasiye Camp Mystic

U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya WSIS+20 Champion kubera Digital Ambassador Program yahuguye abaturage miliyoni 3.2

U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya WSIS+20 Champion kubera Digital Ambassador Program yahuguye abaturage miliyoni 3.2

Umwami Charles III ari tegura kwakira Perezida Macron

Umwami Charles III ari tegura kwakira Perezida Macron

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats
Imyidagaduro

BNXN ahanganye na Fat Joe ku nkomoko ya Afrobeats

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.