Nyuma y’imyaka itatu adakorera ibitaramo mu Rwanda, Christopher agiye guhurira mu gitaramo na Siji ugezweho i Burundi. Uyu muhanzi azaririmba mu gitaramo ‘The Somnia Mix’ kizabera muri Zaria Court ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni igitaramo Christopher azahuriramo...
Uwahoze ayobora ibikorwa by'itsinda rya GoodLyfe, Chagga, yagarutse ku buhanga budasanzwe bwa Mowzey Radio, asobanura ko yari umwe mu bahanga b'abanditsi b’indirimbo bafite impano idasanzwe Uganda yigeze kugira. Mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube channel, Chagga yavuze ko Radio...
Umuririmbyikazi akaba n’umukinnyi wa filime, Kim Kardashian, yagaragaye ku itapi itukura yambaye ikanzu y’ubururu itangaje, maze nyuma y’amasaha make yongera ku garagara yambaye undi mwambaro ajya kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 45 i Paris. Uyu munyabigwi, wari uherutse kwizihiza...
Iserukiramuco ‘Oldies Festival’ rigiye kongera kuba, aho abagore bahawe umwihariko wo kuzafata umwanya munini mu gususurutsa abazaba baryitabiriye. Basile Uwimana uri gutegura iri serukiramuco yavuze ko by’umwihariko, bazibanda ku guhesha agaciro abagore, aho bazagira uruhare rugaragara mu myidagaduro,...
Byari iby’agaciro kongera guhura n’umuvandimwe nyuma y’igihe kinini dore ko twaherukanaga mbere y’induru. Aya ni amagambo ya Madebeats nyuma yo kongera guhura na The Ben bari bamaze igihe umwuka atari mwiza. Madebeats yabibwiye IGIHE nyuma y’uko hasohotse amashusho...
Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko nta cyemezo cyigeze gifatwa cyo kurekura cyangwa guha imbabazi umuhanzi Sean “Diddy” Combs, nyuma y’uko amakuru yakwirakwijwe avuga ko Perezida Donald J. Trump ashobora kuba ari gutekereza kumurekura vuba....
Umuhanzi Mpuzamahanga, David Adedeji Adeleke OON wamenye nka Davido, yavuze ko mu bahanzi bakoranye kuri Album ye ya Gatanu yise ‘5IVE’ harimo babiri azakorana n’abo urugendo, kandi bazataramana mu gitaramo cye cya Gatanu azaba akoreye i Kigali. Kuva...
Umuhanzi w’icyamamare akaba n’Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Abahanzi bo muri Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF), Eddy Kenzo, yasobaye amajwi amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, aho yumvikanye avugana umujinya ndetse anavuga ko ashobora kwegura ku buyobozi bw’iri shyirahamwe....
Butera Knowless wizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko yahamije ko iy’uyu mwaka itandukanye cyane n’izindi yizihije mbere nubwo atifuje kwerura ngo avuge igituma uyu mwaka utandukana n’indi. Ibi Butera Knowless yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n'Impinga Media, yavuze ko uyu...
Isi ya sinema yongeye kubura umwe mu bayihesheje ishema. Umukinnyi w’ikirangirire w’Umutaliyani Claudia Cardinale, wamamaye mu mafilime nka ‘The Pink Panther’ na ‘Once Upon A Time In The West’, yapfuye afite imyaka 87, nk’uko bitangajwe n’ibinyamakuru byo mu...